RWANDA

Gasabo: Paul Kagame yasezeranyije abaturage ba Bumbogo kaburimbo mugihe cya vuba

Chairman Paul Kagame akaba kandida-Perezida wa Repubulika yemereye abaturage batuye mu Murenge wa Bumbogo umuhanda wa kaburimbo mugihe baza bamutoye mu matora ateganyijwe kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024.

Kuri uyu wa Gatanu, Paul Kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo ahari hateraniye imbaga y’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi basaga ibihumbi 300 bari baje kumva imigabo n’imigambi bye nk’umukandida uhatanira umwanya wo kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri mbere.

Paul Kagame yavuze ko umuhanda ugana i Bumbogo yabonye ko urimo umukungu mwinshi kubera ko ari uw’ibitaka, bityo ko mugihe cya vuba ugomba gushyirwamo kaburimbo niyongera kuyobora u Rwanda.

Ati “Hari umuhanda watugejeje aha w’ibitaka, uraza guhinduka kaburimbo vuba. Ibyo ndabibasezeranyije nitumara guhitamo neza tariki 15 [Nyakanga] ibyabagejejweho byavuzwe, ibigomba kubagezwaho ni byinshi kurusha.”

Yavuze ko gutora neza ari ubudasa bw’u Rwanda, nubwo hari abo bidashimisha.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

11 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

12 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

12 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

12 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago