IMYIDAGADURO

Umukecuru wamamaye ku mvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ yapfuye

Umukecuru wamamaye ku mvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ witwaga Nyirangondo Esperance yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024.

Advertisements

Amakuru dukesha IGIHE aravuga ko uyu mukecuru Nyirangondo Esperance yapfuye ku gicamunsi aguye mu bitaro bya Kibirizi aho yaramaze iminsi arembeye.

Amakuru ajyanye n’urupfu rw’uyu mubyeyi wari usanzwe utuye mu Karere ka Gisagara Umurenge Ndora yanahamijwe n’umwuzukuruza we Iradukunda Sandrine. 

Nyiragondo yitabye Imana afite abana 10, icyakora yari asigaranye babiri gusa mu gihe yakundaga guhamya ko yishimiye kubona ubuvivi n’ubuvivure.

Nyakwigendera biteganyijwe ko azashyingurwa mu cyubahiro kuri uyu wa 12 Nyakanga 2024, nk’uko umuryango we wabitangaje.

Nyirangondo Espérance yamamaye kubera ijambo yavuze ko ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’, ryaje no kwifashishwa mu ndirimbo ‘Ubushyuhe’ ya DJ Pius na Bruce Melodie.

Nyirangondo Esperance wamamaye mu mvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ yitabye Imana

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago