Umukecuru wamamaye ku mvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ witwaga Nyirangondo Esperance yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024.
Amakuru dukesha IGIHE aravuga ko uyu mukecuru Nyirangondo Esperance yapfuye ku gicamunsi aguye mu bitaro bya Kibirizi aho yaramaze iminsi arembeye.
Amakuru ajyanye n’urupfu rw’uyu mubyeyi wari usanzwe utuye mu Karere ka Gisagara Umurenge Ndora yanahamijwe n’umwuzukuruza we Iradukunda Sandrine.
Nyiragondo yitabye Imana afite abana 10, icyakora yari asigaranye babiri gusa mu gihe yakundaga guhamya ko yishimiye kubona ubuvivi n’ubuvivure.
Nyakwigendera biteganyijwe ko azashyingurwa mu cyubahiro kuri uyu wa 12 Nyakanga 2024, nk’uko umuryango we wabitangaje.
Nyirangondo Espérance yamamaye kubera ijambo yavuze ko ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’, ryaje no kwifashishwa mu ndirimbo ‘Ubushyuhe’ ya DJ Pius na Bruce Melodie.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…