Myugariro w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Zira FK, Mutsinzi Ange Jimmy yakinnye umukino we wa mbere warangiye batsinze FC Sherrif 1-0.
Zira FK yari yasuye FC Sherrif yo mu Moldova mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’Imikino ya Europa League ku mugabane w’i Burayi.
Mutsinzi Ange Jimmy wari wabanje ku ntebe y’abasimbura yinjiye mu kibuga ku munota wa 77 asimbura umunya-Côte d’Ivoire, Stephane Acka.
Ange uheruka gutandukana na FK Jerv akerekeza muri Zira FK yo muri Azerbaijan, yakinaga umukino we wa mbere muri iyikipe.
Niwe mukinnyi w’Umunyarwanda wafunguriye abandi gukina Imikino yo ku mugabane w’iburayi muri uyumwaka w’Imikino wa 2024/25.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…