Ubwo yarari gutanga ikiganiro cyo kwiyamamaza kuyobora Amerika, Donald Trump yatunguwe no kuraswa n’umusore w’imyaka 23 ku bw’amahirwe Trump ararusimbuka.
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Nyakanga, umuntu witwaje imbunda utahise umenyekana yagerageza gushaka kwica uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump, amurashe ahita yicwa n’abari bashinzwe umutekano aho icyo gikorwa cyabereye.
Uyu mwicanye waketswe ko akomoka mu Bushinwa akaba umuhanga mu kureba mu mbarutso yarasiye Donald Trump muri metero zirenga 50 naho yagezaga ijambo ku mbaga y’abari baje kumva ibyo abagezaho byerekeye kwiyamamaza.
Mu gihe Trump yavuganaga n’abamushyigikiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza, muri Leta ya Pennsylvania amasasu yumvikanye hagati abageza ijambo rye. Trump yahise ashyira ikiganza cye ku gutwi kw’iburyo mbere yo guhita asagarirwa n’abashinzwe umutekano we hasi.
Nyuma y’amasegonda make, Trump yaje guhagurutswa abanza kubwira abashinzwe umutekano ngo babe baretse avuge yumvikana abwira iyo mbaga ati “Tuzarwana”.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…