Ubwo yarari gutanga ikiganiro cyo kwiyamamaza kuyobora Amerika, Donald Trump yatunguwe no kuraswa n’umusore w’imyaka 23 ku bw’amahirwe Trump ararusimbuka.
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Nyakanga, umuntu witwaje imbunda utahise umenyekana yagerageza gushaka kwica uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump, amurashe ahita yicwa n’abari bashinzwe umutekano aho icyo gikorwa cyabereye.
Uyu mwicanye waketswe ko akomoka mu Bushinwa akaba umuhanga mu kureba mu mbarutso yarasiye Donald Trump muri metero zirenga 50 naho yagezaga ijambo ku mbaga y’abari baje kumva ibyo abagezaho byerekeye kwiyamamaza.
Mu gihe Trump yavuganaga n’abamushyigikiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza, muri Leta ya Pennsylvania amasasu yumvikanye hagati abageza ijambo rye. Trump yahise ashyira ikiganza cye ku gutwi kw’iburyo mbere yo guhita asagarirwa n’abashinzwe umutekano we hasi.
Nyuma y’amasegonda make, Trump yaje guhagurutswa abanza kubwira abashinzwe umutekano ngo babe baretse avuge yumvikana abwira iyo mbaga ati “Tuzarwana”.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…