INKURU ZIDASANZWE

Donald Trump yarashwe n’umusore ukiri muto ubwo yiyamamarizaga kuba Perezida wa Amerika

Ubwo yarari gutanga ikiganiro cyo kwiyamamaza kuyobora Amerika, Donald Trump yatunguwe no kuraswa n’umusore w’imyaka 23 ku bw’amahirwe Trump ararusimbuka.

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Nyakanga, umuntu witwaje imbunda utahise umenyekana yagerageza gushaka kwica uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump, amurashe ahita yicwa n’abari bashinzwe umutekano aho icyo gikorwa cyabereye.

Uyu mwicanye waketswe ko akomoka mu Bushinwa akaba umuhanga mu kureba mu mbarutso yarasiye Donald Trump muri metero zirenga 50 naho yagezaga ijambo ku mbaga y’abari baje kumva ibyo abagezaho byerekeye kwiyamamaza.

Mu gihe Trump yavuganaga n’abamushyigikiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza, muri Leta ya Pennsylvania amasasu yumvikanye hagati abageza ijambo rye. Trump yahise ashyira ikiganza cye ku gutwi kw’iburyo mbere yo guhita asagarirwa n’abashinzwe umutekano we hasi.

Nyuma y’amasegonda make, Trump yaje guhagurutswa abanza kubwira abashinzwe umutekano ngo babe baretse avuge yumvikana abwira iyo mbaga ati “Tuzarwana”.

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

15 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

16 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

16 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

17 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago