INKURU ZIDASANZWE

Donald Trump yarashwe n’umusore ukiri muto ubwo yiyamamarizaga kuba Perezida wa Amerika

Ubwo yarari gutanga ikiganiro cyo kwiyamamaza kuyobora Amerika, Donald Trump yatunguwe no kuraswa n’umusore w’imyaka 23 ku bw’amahirwe Trump ararusimbuka.

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Nyakanga, umuntu witwaje imbunda utahise umenyekana yagerageza gushaka kwica uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump, amurashe ahita yicwa n’abari bashinzwe umutekano aho icyo gikorwa cyabereye.

Uyu mwicanye waketswe ko akomoka mu Bushinwa akaba umuhanga mu kureba mu mbarutso yarasiye Donald Trump muri metero zirenga 50 naho yagezaga ijambo ku mbaga y’abari baje kumva ibyo abagezaho byerekeye kwiyamamaza.

Mu gihe Trump yavuganaga n’abamushyigikiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza, muri Leta ya Pennsylvania amasasu yumvikanye hagati abageza ijambo rye. Trump yahise ashyira ikiganza cye ku gutwi kw’iburyo mbere yo guhita asagarirwa n’abashinzwe umutekano we hasi.

Nyuma y’amasegonda make, Trump yaje guhagurutswa abanza kubwira abashinzwe umutekano ngo babe baretse avuge yumvikana abwira iyo mbaga ati “Tuzarwana”.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

18 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

18 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

19 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

19 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago