INKURU ZIDASANZWE

Donald Trump yarashwe n’umusore ukiri muto ubwo yiyamamarizaga kuba Perezida wa Amerika

Ubwo yarari gutanga ikiganiro cyo kwiyamamaza kuyobora Amerika, Donald Trump yatunguwe no kuraswa n’umusore w’imyaka 23 ku bw’amahirwe Trump ararusimbuka.

Advertisements

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Nyakanga, umuntu witwaje imbunda utahise umenyekana yagerageza gushaka kwica uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump, amurashe ahita yicwa n’abari bashinzwe umutekano aho icyo gikorwa cyabereye.

Uyu mwicanye waketswe ko akomoka mu Bushinwa akaba umuhanga mu kureba mu mbarutso yarasiye Donald Trump muri metero zirenga 50 naho yagezaga ijambo ku mbaga y’abari baje kumva ibyo abagezaho byerekeye kwiyamamaza.

Mu gihe Trump yavuganaga n’abamushyigikiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza, muri Leta ya Pennsylvania amasasu yumvikanye hagati abageza ijambo rye. Trump yahise ashyira ikiganza cye ku gutwi kw’iburyo mbere yo guhita asagarirwa n’abashinzwe umutekano we hasi.

Nyuma y’amasegonda make, Trump yaje guhagurutswa abanza kubwira abashinzwe umutekano ngo babe baretse avuge yumvikana abwira iyo mbaga ati “Tuzarwana”.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago