Ikipe y’igihugu ya Espagne yaraye yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ibitego 2-1.
Ni mukino wa nyuma wabereye i Berlin mu gihugu cy’u Budage waraye urangiye ikipe y’igihugu ya Espagne yanditse amateka yo kwegukana EURO ku nshuro ya Kane mu mateka.
Nyuma yaho Lamin Yamal w’imyaka 17 y’amavuko yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, byahise bimuhesha kuzahura n’ikipe y’igihugu ya Argentina ya Messi yegukanye Copa America.
Uyu Yamal ni umwana wabashije guterurwa anakarabywa n’uyu mukinnyi w’icyamamare ku Isi, Lionel Messi ubwo byari mu gikorwa cya UNICEF.
Yamal yahoze kuva kera afite inzozi zo kuzahurira mu kibuga kimwe na Lionel Messi umurusha imyaka 20 y’amavuko.
Ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye igikombe cy’i Burayi EURO izahura na Argentina yegukanye igikombe cya Copa America mu gikombe cyitwa ‘Finalissima’ umwaka 2024.
Rutahizamu w’Umufaransa, Karim Benzema ukinira Al-Ittihad yo muri Arabie Saoudité, yavuze ko kimwe mu byatumye…
Umukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida…
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…