MU MAHANGA

Inzozi zabaye impamo kuri Lamin Yamal wifuzaga kuzahura na Messi wamwogeje bakinana kibuga kimwe

Ikipe y’igihugu ya Espagne yaraye yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ibitego 2-1.

Ni mukino wa nyuma wabereye i Berlin mu gihugu cy’u Budage waraye urangiye ikipe y’igihugu ya Espagne yanditse amateka yo kwegukana EURO ku nshuro ya Kane mu mateka.

Nyuma yaho Lamin Yamal w’imyaka 17 y’amavuko yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, byahise bimuhesha kuzahura n’ikipe y’igihugu ya Argentina ya Messi yegukanye Copa America.

Uyu Yamal ni umwana wabashije guterurwa anakarabywa n’uyu mukinnyi w’icyamamare ku Isi, Lionel Messi ubwo byari mu gikorwa cya UNICEF.

Lamine Yamal yakabijwe na Lionel Messi

Yamal yahoze kuva kera afite inzozi zo kuzahurira mu kibuga kimwe na Lionel Messi umurusha imyaka 20 y’amavuko.

Ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye igikombe cy’i Burayi EURO izahura na Argentina yegukanye igikombe cya Copa America mu gikombe cyitwa ‘Finalissima’ umwaka 2024.

Lamin Yamal agiye gukabya inzozi zo guhura mu kibuga kimwe na Lionel Messi
Espagne yegukanye EURO 2024
Lionel Messi n’ikipe ye y’Igihugu begukanye Copa America

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

6 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

7 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

8 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

8 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

1 day ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

1 day ago