Ikipe y’igihugu ya Espagne yaraye yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ibitego 2-1.
Ni mukino wa nyuma wabereye i Berlin mu gihugu cy’u Budage waraye urangiye ikipe y’igihugu ya Espagne yanditse amateka yo kwegukana EURO ku nshuro ya Kane mu mateka.
Nyuma yaho Lamin Yamal w’imyaka 17 y’amavuko yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, byahise bimuhesha kuzahura n’ikipe y’igihugu ya Argentina ya Messi yegukanye Copa America.
Uyu Yamal ni umwana wabashije guterurwa anakarabywa n’uyu mukinnyi w’icyamamare ku Isi, Lionel Messi ubwo byari mu gikorwa cya UNICEF.
Yamal yahoze kuva kera afite inzozi zo kuzahurira mu kibuga kimwe na Lionel Messi umurusha imyaka 20 y’amavuko.
Ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye igikombe cy’i Burayi EURO izahura na Argentina yegukanye igikombe cya Copa America mu gikombe cyitwa ‘Finalissima’ umwaka 2024.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…