Ikipe y’igihugu ya Espagne yaraye yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’u Bwongereza ibitego 2-1.
Ni mukino wa nyuma wabereye i Berlin mu gihugu cy’u Budage waraye urangiye ikipe y’igihugu ya Espagne yanditse amateka yo kwegukana EURO ku nshuro ya Kane mu mateka.
Nyuma yaho Lamin Yamal w’imyaka 17 y’amavuko yegukanye igikombe cy’i Burayi (EURO) umwaka 2024, byahise bimuhesha kuzahura n’ikipe y’igihugu ya Argentina ya Messi yegukanye Copa America.
Uyu Yamal ni umwana wabashije guterurwa anakarabywa n’uyu mukinnyi w’icyamamare ku Isi, Lionel Messi ubwo byari mu gikorwa cya UNICEF.
Yamal yahoze kuva kera afite inzozi zo kuzahurira mu kibuga kimwe na Lionel Messi umurusha imyaka 20 y’amavuko.
Ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye igikombe cy’i Burayi EURO izahura na Argentina yegukanye igikombe cya Copa America mu gikombe cyitwa ‘Finalissima’ umwaka 2024.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…