AMATEKA

Perezida Kagame yagabiye Inka bamwe mu bahanzi batuye ahazwi nka Karumuna mu Karere ka Bugesera-AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, Perezida Paul Kagame arikumwe na Madamu Jeannette Kagame bahuye n’abamwe mu bahanzi batuye ahazwi nka Karumuna mu Karere ka Bugesera abatembereza mu rwuri rwe ruherereye muri ako Karere ndetse aranabagabira.

Advertisements

Abahanzi barimo nka Butera knowless, Platini P, Nel Ngabo, Tom close basanzwe batuye ahazwi nko mu karumuna mu karere ka Bugesera nibo bagabiwe n’umukuru w’igihugu Nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Aba kandi barimo abahanzi babashije kugenda mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi ariwe Paul Kagame. 

Aha twavuga nka Butera Knowless na Nel Ngabo. Aba bahanzi bose bagaragaje ibyishimo bidasanzwe byo kuba batemberejwe mu rwuri rwa Perezida Paul Kagame, aho ndetse banamushimiye kuba yabagabiye.

Ni amarangamutima menshi bamugaragarije babinyujije ku bitekerezo banyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo.

Umuhanzikazi Knowless Butera
Umuhanzi Platini P yishimira guhura n’umukuru w’igihugu Paul Kagame
Umuhanzi Tom Close avuga ijambo
Byari ibyishimo bikomeye kuri Nel Ngabo avugira imbere y’umukuru w’igihugu Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame
Banyujijeho no gutaramira abari bateraniye aho
Inka z’Inyambo ziri mu rwuri rwa Perezida Paul Kagame

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago