Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yamaze kwemeza nk’umukinnyi w’ikipe ya Kaizer Chiefs yo muri Afurika y’Epfo aguzwe arenga miliyoni 400 Frw.
Amakuru amwerekeza muri Kaizer Chiefs, Fiacre warumaze igihe mu ikipe ya TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo yamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024.
Ntwali Fiacre yasinyishijwe imyaka itatu muri Kaizer Chiefs, aho yahise ashimira abakinnyi bose n’abayobozi babanye mu ikipe ya TS Galaxy.
Ni mu butumwa bw’amashusho yanyujije ku rubuga rwa Instagram ye, bugaragaza ibihe byiza yagiriye ubwo yabarizwaga muri TS Galaxy, ari nako atanga ubutumwa bishimira ubuyobozi bw’ikipe n’abakinnyi bakinanye ndetse n’abafana muri rusange.
Ntwali Fiacre ni umwe mu banyezamu b’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ umaze iminsi ayoboye kubera ubuhanga amaze kugaragaza.
Umunyezamu Ntwali Fiacre azajya ahembwa umushahara miliyoni 15 Frw.
Umutoza w'ikipe y'igihugu 'Amavubi' Torsten Spittler yahamagaye abakinnyi 26 ashobora kuzakuramo azifashisha mu gushaka itike…
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwamaze guhagarika ibikorwa byose rinambura ubuzima gatozi, itorero Zeraphat Holy Church…
Mu byemezo by'inama y'Abaminisitiri yateranye kuwa gatanu tariki 18 Ukwakira 2024, ikayoborwa na Perezida wa…
Nyuma y'uko Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yegujwe na Sena, Umukuru w'iki gihugu yemeje…
Nyuma y'uko kuwa 16 Ukwakira 2024, inkuru y'incamugongo yasesekaye mu bakunzi by'umuziki by'umwihariko abakundaga itsinda…
Mu gihugu cya Nigeria, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Ovoderie Stephen washyize hanze ubutumire bw'ubukwe bwo…