Abakobwa bazatoranywamo uzaba Nyampinga mu gihugu cya Uganda barwaniye mu mwiherero mbere y’uko batoranywa.
Abakobwa batandukanye bahatanye mu Irushanwa rya Miss Uganda barwaniye mu mwiherero nk’uko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga.
Mu mashusho aba bakobwa baba bahanganye aho afatana mu mashati kugera ubwo bakizwaga n’abari hafi aho bashinzwe iri rushanwa.
Aba bakobwa barwanye mu gihe habura iminsi mike ngo hatorwe Nyampinga w’iki gihugu mu muhango utegerejwe ku wa 3 Kanama uyu mwaka.
Hannah Karema Tumukunde unafite inkomoko mu Rwanda niwe wambaye ikamba riheruka, aho biteganyijwe ko uzatorwa aha azahita amusimbura.
Ikipe ya APR Fc yananiwe kwikura imbere ya Pyramids Fc mu mukino wabereye mu Misiri…
Ikipe ya Rayon Sports yari yatezwe iminsi yabonye amanota atatu mbumbe ya mbere muri shampiyona…
Umuhanzikazi Marina Deborah wamamaye nka Marina mu muziki Nyarwanda yavuze ko ababajwe cyane n’abantu batangaje…
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…