Abakobwa bazatoranywamo uzaba Nyampinga mu gihugu cya Uganda barwaniye mu mwiherero mbere y’uko batoranywa.
Abakobwa batandukanye bahatanye mu Irushanwa rya Miss Uganda barwaniye mu mwiherero nk’uko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga.
Mu mashusho aba bakobwa baba bahanganye aho afatana mu mashati kugera ubwo bakizwaga n’abari hafi aho bashinzwe iri rushanwa.
Aba bakobwa barwanye mu gihe habura iminsi mike ngo hatorwe Nyampinga w’iki gihugu mu muhango utegerejwe ku wa 3 Kanama uyu mwaka.
Hannah Karema Tumukunde unafite inkomoko mu Rwanda niwe wambaye ikamba riheruka, aho biteganyijwe ko uzatorwa aha azahita amusimbura.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…