Nyuma y’imyaka ine babanye, nk’umugabo n’umugore, Kingsley na Chinwe basanzwe batuye muri Nigeria bakiriye impanga ku nshuro ya gatatu.
Chinwe yibarutse impanga ye ya mbere, ubwo yibarukaga abakobwa babiri, Emmanuella na Daniella, mu mwaka 2020, nyuma y’imyaka 17 yibarutse uwa mbere.
Yongeye kwibaruka impanga ku nshuro ya Kabiri, mu mwaka wa 2021, abyaye umuhungu n’umukobwa.
Mu minsi ishize, uyu muryango wongeye kwibaruka impanga ku nshuro ya gatatu, ubwo wibarukaga impanga y’umuhungu n’umukobwa.
Uyu muryango wasangije amafoto y’impanga ziheruka kwibaruka mu itorero kuwa 17 Nyakanga 2024.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…