Nyuma y’imyaka ine babanye, nk’umugabo n’umugore, Kingsley na Chinwe basanzwe batuye muri Nigeria bakiriye impanga ku nshuro ya gatatu.
Chinwe yibarutse impanga ye ya mbere, ubwo yibarukaga abakobwa babiri, Emmanuella na Daniella, mu mwaka 2020, nyuma y’imyaka 17 yibarutse uwa mbere.
Yongeye kwibaruka impanga ku nshuro ya Kabiri, mu mwaka wa 2021, abyaye umuhungu n’umukobwa.
Mu minsi ishize, uyu muryango wongeye kwibaruka impanga ku nshuro ya gatatu, ubwo wibarukaga impanga y’umuhungu n’umukobwa.
Uyu muryango wasangije amafoto y’impanga ziheruka kwibaruka mu itorero kuwa 17 Nyakanga 2024.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…