Umukinnyi w’umupira w’amaguru Rwabuhihi Placide wakinira ikipe ya APR Fc yasubiye muri Kiyovu Sports yari yaravuyemo mbere yo kwerekeza mu ikipe y’Ingabo.
Rwabuhihi Placide yaramaze imyaka igera kuri ine mu ikipe ya APR Fc, Kiyovu Sports yahisemo kumwisubiza.
Uyu mukinnyi yasubiye muri Kiyovu Sports yubakiyemo izina nyuma y’uko atandukanye na APR FC.
APR Fc yahisemo kurekura, uyu mukinnyi nyuma y’uko amasezerano yarayifite arangiye.
Placide yasubiye muri Kiyovu Sports ahita asinya amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe yambara umweru n’icyatsi.
Nyuma yo gusanga Kiyovu Sports yujuje ibyangombwa bisabwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), iyi kipe iratangira imyitozo kuri uyu wa Mbere.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…