Umukinnyi w’umupira w’amaguru Rwabuhihi Placide wakinira ikipe ya APR Fc yasubiye muri Kiyovu Sports yari yaravuyemo mbere yo kwerekeza mu ikipe y’Ingabo.
Rwabuhihi Placide yaramaze imyaka igera kuri ine mu ikipe ya APR Fc, Kiyovu Sports yahisemo kumwisubiza.
Uyu mukinnyi yasubiye muri Kiyovu Sports yubakiyemo izina nyuma y’uko atandukanye na APR FC.
APR Fc yahisemo kurekura, uyu mukinnyi nyuma y’uko amasezerano yarayifite arangiye.
Placide yasubiye muri Kiyovu Sports ahita asinya amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe yambara umweru n’icyatsi.
Nyuma yo gusanga Kiyovu Sports yujuje ibyangombwa bisabwa n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), iyi kipe iratangira imyitozo kuri uyu wa Mbere.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…