INKURU ZIDASANZWE

RIB yerekanye abantu baherutse gucucura banki agera kuri miliyoni 100 mu buryo bw’ikoranabuhanga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu barindwi bacyekwaho kugaba ibitero by’ikoranabuhanga kuri imwe muri banki zo mu Rwanda bakiba agera kuri miliyoni 100 Frw.

Kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024, ku cyicaro cya RIB nibwo yatangaje ndetse inerekana abantu bafashwe bacyekwaho kugaba ibitero by’ikoranabuhanga kuri imwe muri banki zo mu Rwanda bakiba agera kuri miliyoni 100 Frw.

Uru rwego rwerekanye abantu batandatu barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga, ni mu gihe undi wa karindwi atabonetse ngo yerekanwe kubera impamvu z’uburwayi.

Muri abo bantu batandatu bagaragajwe harimo abasore batanu ndetse n’umugore umwe.

Ubuyobozi bwa RIB buvuga ko hari abandi bagishakishwa bacyekwaho gukora ibi bikorwa mu Rwanda.

Christian

Recent Posts

Oda Paccy yahishuye amarozi yibera mu muziki Nyarwanda nawe ataramusize

Umuraperikazi Oda Paccy yatangiye urugendo rukomeye yanyuzemo mu muziki birimo n'uko yahuye n'amarozi mu bikorwa…

19 hours ago

Bukuru Christopher wananiwe muri APR Fc na Rayon Sports yerekeje ubuzima bwe muri As Kigali

Bukuru Christophe wanyuze mu makipe menshi mu Rwanda arimo nka APR Fc na Rayon Sports,…

21 hours ago

Liam Payne wahoze mu itsinda One Direction yitabye Imana ku myaka 31

Umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction ryamamaye cyane mu myaka yashize yitabye…

1 day ago

Muhanga: Abaturage basogongejwe ku binyobwa bya Kasesa ubundi barabyina karahava

Ubwo uruganda rukora inzoga Kasesa Distillers & Distributors ltd bageraga i Muhanga bakiranywe yombi, maze…

2 days ago

Kanye West yashinjwe gushaka kurya umwana na Nyina

Umuraperi Kanye West akomeje gushinjwa ibyaha byinshi birimo ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gushaka kuryamana…

4 days ago

REG WBBC yegukanye igikombe cya shampiyona 2024, itsinze APR WBBC idakozemo-AMAFOTO

Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona ya Basketball y’Abagore nyuma yo gutsinda APR…

6 days ago