POLITIKE

Hamenyekanye itariki Perezida Paul Kagame azarahiriraho

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda biteganyijwe ko azarahirira izo nshingano kuwa 11 Kanama 2024.

Ni ibirori biteganyijwe kubera muri sitade Amahoro i Remera mu Karere ka Gasabo.

Uyu muhango wirahira utegerejwemo abayobozi bakomeye barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye ibihugu byabo, aba ambasaderi, n’inshuti z’u Rwanda n’abandi bazaza kwifatanya n’Abanyarwanda baza babukereye mu kwishimira iyo ntsinzi

Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda ku majwi 99.18%, akubise inshuro abo bari bahanganye mu kwiyamamaza barimo Dr Frank Habineza w’ishyaka rya Green Party wagize amajwi 0.50% na Philip Mpayimana wari umukandida wigenga wagize amajwi 0.32%.

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

22 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

23 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

24 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

24 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago