Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda biteganyijwe ko azarahirira izo nshingano kuwa 11 Kanama 2024.
Ni ibirori biteganyijwe kubera muri sitade Amahoro i Remera mu Karere ka Gasabo.
Uyu muhango wirahira utegerejwemo abayobozi bakomeye barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye ibihugu byabo, aba ambasaderi, n’inshuti z’u Rwanda n’abandi bazaza kwifatanya n’Abanyarwanda baza babukereye mu kwishimira iyo ntsinzi
Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda ku majwi 99.18%, akubise inshuro abo bari bahanganye mu kwiyamamaza barimo Dr Frank Habineza w’ishyaka rya Green Party wagize amajwi 0.50% na Philip Mpayimana wari umukandida wigenga wagize amajwi 0.32%.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…