Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda biteganyijwe ko azarahirira izo nshingano kuwa 11 Kanama 2024.
Ni ibirori biteganyijwe kubera muri sitade Amahoro i Remera mu Karere ka Gasabo.
Uyu muhango wirahira utegerejwemo abayobozi bakomeye barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye ibihugu byabo, aba ambasaderi, n’inshuti z’u Rwanda n’abandi bazaza kwifatanya n’Abanyarwanda baza babukereye mu kwishimira iyo ntsinzi
Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda ku majwi 99.18%, akubise inshuro abo bari bahanganye mu kwiyamamaza barimo Dr Frank Habineza w’ishyaka rya Green Party wagize amajwi 0.50% na Philip Mpayimana wari umukandida wigenga wagize amajwi 0.32%.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…