IMYIDAGADURO

Umuraperi Chino XL yitabye Imana

Umuraperi w’Umunyamerika Chino XL yapfuye ku myaka 50 y’amavuko.

Ku cyumweru, tariki ya 28 Nyakanga, umukinnyi w’umuziki akaba n’umukinnyi wa filime Derek Emmanuel Barbosa wamamaye nka Chino XL, yitabye Imana.

Ni urupfu rw’amayobera kuko kugeza n’ubu nta makuru aratangazwa.

Kuri uyu wa kabiri, itangazo ryashyizwe ku rubuga rwemewe rw’uyu muraperi rwemeje aya makuru. Ryagira riti: “Umuryango wa Derek Keith Barbosa, uzwi ku izina rya Chino XL, wababajwe no gutanga amakuru y’urupfu rwe.

Bagize ati “Chino yapfuye mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, tariki ya 28 Nyakanga 2024 mu rugo. Yari afite imyaka 50. Chino asigaranye abana be, Chynna, Bella, Lyric, na Kiyana; umuhungu we Shawn; abuzukuru be Emmy, Emery, Chris, Luis, na Dyani, nyina, Carole, n’uwahoze ari umukunzi we Stephanie.”

Chino XL yamenyekanye cyane mu myaka hagati ya za 90 ubwo yashyiraga alubumu ye ya mbere, aho mu 1996 yashyize hanze iyitwa ‘Here to Save You All’, yari iriho indirimbo yakunzwe cyane yitwa Kreep. Yakurikiye alubumu ye yasohoye mu 2001 ‘I told you so’, mu 2006 ashyira hanze iyitwa ‘Poison Pen’ niyo yashyize hanze mu mwaka 2012 yise ‘The Black Rosary’.

Umuraperi Chino XL yitabye Imana ku myaka 50

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

20 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

22 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

22 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

22 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago