Mu itangazo umutwe wa Hamas washyize hanze kuri uyu wa gatatu tariki 31 Nyakanga 2024, wemeje ko uwari umuyobozi wabo Ismail Haniyey yishwe.
Uyu mutwe kandi wemeje muri iryo tangazo yishwe n’igihugu cya Israel mu bitero yateye ku birindiro byaho yaratuye muri Iran.
Hamas ivuga ko Haniyeh yapfuye nyuma y’amasaha make yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya wa kiriya gihugu, Masoud Pezeshkian wari warahiye ku wa Kabiri.
N’ubwo byemejwe ariko igihugu cya Israel cyo ntikiragira amakuru gitangaza kubyerekeye kwica uyu muyobozi wa Hamas.
Ntiranatangazwa icyeteye urupfu rw’uyu mugabo wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Palestine mu mwaka 2006.
Haniyeh wari umaze imyaka itandatu afatwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’ikihebe, yari umuyobozi mukuru wa Hamas mu bya Politiki kuva muri 2017.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…