INKURU ZIDASANZWE

Ghana: Pasiteri yahishuye ko mu myaka irindwi nta muntu n’umwe yaryamanye nawe, umwenda w’umukobwa w’imbere yabonye ari uwa mushiki we

Umwe muba Pasiteri wo muri Ghana Christian Owusu Bempah, yakomoje ku buzima bwe ahishura ko mu myaka irindwi yabayeho atigeze aryamana n’umukobwa wese.

Icyamamare kuri TikToker akaba n’umubwiriza, Umuvugabutumwa Christian Owusu Bempah, yahishuye ashize amanga ubuzima bwe bwite.

Ubwo yagaragaraga mu kiganiro cya GhPage “Rash Hour Hour” Bempah yongeye ko mu myaka irindwi ishize atigeze akundana n’umugore uwo ari we wese.

Umuvugabutumwa, uzwiho kwamamaza cyane ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, yemeje adashidikanya ko icyemezo cye cyo gukomeza kuba umuseribateri ari icyemezo ku giti cye ku Mana. 

Yashimangiye kandi ko ubuzima bwe bumeze neza, yanga igitekerezo icyo ari cyo cyose cyerekeye kwifata kwe biterwa n’ibibazo by’ubuzima.

Bempah yavuze ko nubwo yahuye n’ibigeragezo byinshi, yahisemo gukomeza kuba indakemwa. Yatangaje kandi ko imyenda y’imbere y’umugore yabonye mu myaka irindwi ishize ari iya mushiki we, ndetse niyo myenda yayibonye imanitse ku mugozi wo hanze.

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

22 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

24 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

1 day ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

1 day ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago