Umwe muba Pasiteri wo muri Ghana Christian Owusu Bempah, yakomoje ku buzima bwe ahishura ko mu myaka irindwi yabayeho atigeze aryamana n’umukobwa wese.
Icyamamare kuri TikToker akaba n’umubwiriza, Umuvugabutumwa Christian Owusu Bempah, yahishuye ashize amanga ubuzima bwe bwite.
Ubwo yagaragaraga mu kiganiro cya GhPage “Rash Hour Hour” Bempah yongeye ko mu myaka irindwi ishize atigeze akundana n’umugore uwo ari we wese.
Umuvugabutumwa, uzwiho kwamamaza cyane ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, yemeje adashidikanya ko icyemezo cye cyo gukomeza kuba umuseribateri ari icyemezo ku giti cye ku Mana.
Yashimangiye kandi ko ubuzima bwe bumeze neza, yanga igitekerezo icyo ari cyo cyose cyerekeye kwifata kwe biterwa n’ibibazo by’ubuzima.
Bempah yavuze ko nubwo yahuye n’ibigeragezo byinshi, yahisemo gukomeza kuba indakemwa. Yatangaje kandi ko imyenda y’imbere y’umugore yabonye mu myaka irindwi ishize ari iya mushiki we, ndetse niyo myenda yayibonye imanitse ku mugozi wo hanze.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…