Umwe muba Pasiteri wo muri Ghana Christian Owusu Bempah, yakomoje ku buzima bwe ahishura ko mu myaka irindwi yabayeho atigeze aryamana n’umukobwa wese.
Icyamamare kuri TikToker akaba n’umubwiriza, Umuvugabutumwa Christian Owusu Bempah, yahishuye ashize amanga ubuzima bwe bwite.
Ubwo yagaragaraga mu kiganiro cya GhPage “Rash Hour Hour” Bempah yongeye ko mu myaka irindwi ishize atigeze akundana n’umugore uwo ari we wese.
Umuvugabutumwa, uzwiho kwamamaza cyane ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, yemeje adashidikanya ko icyemezo cye cyo gukomeza kuba umuseribateri ari icyemezo ku giti cye ku Mana.
Yashimangiye kandi ko ubuzima bwe bumeze neza, yanga igitekerezo icyo ari cyo cyose cyerekeye kwifata kwe biterwa n’ibibazo by’ubuzima.
Bempah yavuze ko nubwo yahuye n’ibigeragezo byinshi, yahisemo gukomeza kuba indakemwa. Yatangaje kandi ko imyenda y’imbere y’umugore yabonye mu myaka irindwi ishize ari iya mushiki we, ndetse niyo myenda yayibonye imanitse ku mugozi wo hanze.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…