Kamala Harris uherutse gushyirwaho na Perezida wa Amerika mu bikorwa byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, yatunguranye ashyiraho Tim Walz nka guverineri mushya wa Minnesota mu matora ateganyijwe mu Ugushyingo.
Ibi bikomeje guteza urujijo kubona abakandida babiri aribo Kamala Harris uri guhangana na Donald Trump kuyobora Amerika akomeje gushyiraho abayobozi mugihe nyamara bari mu gikorwa cyo kwiyamamaza ariko kandi Trump wanayoboye Amerika nawe aherutse gushyiraho no guhitamo visi perezida we, senateri wa Ohio, JD Vance.
Walz bwa mbere yiyamamaje mu mwaka 2006 muri kongere y’Akarere, aho yahigitse abo bari bahanganye bo mu ishyaka ry’aba repubulike
Mu mwaka wa 2018 yaje gutsindira umwanya w’ubu guverineri muri Minnesota, intsinzi yongeye kugira mu mwaka 2022. Ku buyobozi bwe, leta yabonye intsinzi ye yagize uruhare rukomeye mu nteko ishinga amategeko aho yagiye ikorwamo impinduka mu myaka yashize harimo ibyerekeye imirire, itegeko rihana abakoresha urumogi, ibyerekeye gukuramo inda ndetse no gukoresha imbunda.
Mbere yo kwinjira muri politiki, yabanje kuba umwarimu w’ishuri i Mankato, muri Leta ya Minnesota, aho yigishaga isomo rya ‘Geography’ mu kigo cy’amashuri yisumbuye. Yabaye kandi mu ngabo z’igihugu imyaka 24.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…