MU MAHANGA

Kamala Harris yatunguranye ashyiraho guverineri wa Minnesota, Tim Walz mugihe akomeje kwiyamamaza

Kamala Harris uherutse gushyirwaho na Perezida wa Amerika mu bikorwa byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, yatunguranye ashyiraho Tim Walz nka guverineri mushya wa Minnesota mu matora ateganyijwe mu Ugushyingo.

Ibi bikomeje guteza urujijo kubona abakandida babiri aribo Kamala Harris uri guhangana na Donald Trump kuyobora Amerika akomeje gushyiraho abayobozi mugihe nyamara bari mu gikorwa cyo kwiyamamaza ariko kandi Trump wanayoboye Amerika nawe aherutse gushyiraho no guhitamo visi perezida we, senateri wa Ohio, JD Vance.

Walz bwa mbere yiyamamaje mu mwaka 2006 muri kongere y’Akarere, aho yahigitse abo bari bahanganye bo mu ishyaka ry’aba repubulike

Mu mwaka wa 2018 yaje gutsindira umwanya w’ubu guverineri muri Minnesota, intsinzi yongeye kugira mu mwaka 2022. Ku buyobozi bwe, leta yabonye intsinzi ye yagize uruhare rukomeye mu nteko ishinga amategeko aho yagiye ikorwamo impinduka mu myaka yashize harimo ibyerekeye imirire, itegeko rihana abakoresha urumogi, ibyerekeye gukuramo inda ndetse no gukoresha imbunda.

Mbere yo kwinjira muri politiki, yabanje kuba umwarimu w’ishuri i Mankato, muri Leta ya Minnesota, aho yigishaga isomo rya ‘Geography’ mu kigo cy’amashuri yisumbuye. Yabaye kandi mu ngabo z’igihugu imyaka 24.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

7 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

8 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

8 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

8 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

2 days ago