INKURU ZIDASANZWE

Pasiteri wo mu gihugu cy’u Burundi yaguye mu mpanuka y’imodoka

Mu ijoro ryo kuwa mbere tariki Kanama 2024, habaye impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Shombo, intara ya Karusi, mu mujyi wa Gitega – Karusi – Muyinga, yaguyemo Padiri Eliya Sakubu, umuyobozi wa Lycée Sacré cœur de Karusi.

Imodoka yarimo abapadiri bo kuri Paruwase ya Karusi yagonzwe n’imodoka y’Ikamyo ubwo impanuka yabaga ubutabazi bwahise buboneka bihutira kumujyana mu bitaro byitwa “Natwe Turashoboye” by’i Karusi gusa agezwaho yashyizemo umwuka.

Padiri Sakubu Eliya, yavukiye mu Karere ka Nyabihanga, intara ya Mwaro, yamenyekanye cyane mu burezi, aho yagiye ayobora amashuri atandukanye nka Lycée Sainte Marie Auxiliatrice de Gitongo mu Karere ka Gitega, Lycée Notre-Dame de la Sagesse benshi bazi nka CND na Lycée Paroissial de Karusi.

Aho hose yaciye, Padiri Eliya Sakubu, yari azwi nk’umuntu akunda ibintu bimeze neza, (excellence), kandi binyuze mu muco n’isuku (propreté).

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

9 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

10 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

10 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

11 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

1 day ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

1 day ago