INKURU ZIDASANZWE

Pasiteri wo mu gihugu cy’u Burundi yaguye mu mpanuka y’imodoka

Mu ijoro ryo kuwa mbere tariki Kanama 2024, habaye impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Shombo, intara ya Karusi, mu mujyi wa Gitega – Karusi – Muyinga, yaguyemo Padiri Eliya Sakubu, umuyobozi wa Lycée Sacré cœur de Karusi.

Advertisements

Imodoka yarimo abapadiri bo kuri Paruwase ya Karusi yagonzwe n’imodoka y’Ikamyo ubwo impanuka yabaga ubutabazi bwahise buboneka bihutira kumujyana mu bitaro byitwa “Natwe Turashoboye” by’i Karusi gusa agezwaho yashyizemo umwuka.

Padiri Sakubu Eliya, yavukiye mu Karere ka Nyabihanga, intara ya Mwaro, yamenyekanye cyane mu burezi, aho yagiye ayobora amashuri atandukanye nka Lycée Sainte Marie Auxiliatrice de Gitongo mu Karere ka Gitega, Lycée Notre-Dame de la Sagesse benshi bazi nka CND na Lycée Paroissial de Karusi.

Aho hose yaciye, Padiri Eliya Sakubu, yari azwi nk’umuntu akunda ibintu bimeze neza, (excellence), kandi binyuze mu muco n’isuku (propreté).

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago