Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi itangomba kurenza amafaranga 1,629 Frw ivuye kuri 1,663 Frw mu gihe litiro ya mazutu izajya igura 1,652 Frw.
Igiciro cya lisansi cyagabanutseho amafaranga 34, aho cyavuye ku mafaranga 1663 kigashyirwa ku 1629 Frw.
Ni mu gihe igiciro cya Mazutu kitigeze kigabanuka ku mafaranga yaguraga, yagumye ku 1652 Frw.
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko iri hinduka ry’ibi biciro ryashingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli riri kugaragara ku isoko mpuzamahanga.
Mu itangazo rya RURA kandi rivuga ko ibi biciro bizakurikizwa mugihe cy’amezi abiri ari imbere.
Ni ibiciro bitangira gukurikizwa guhera uyu munsi tariki ya 07 Kanama 2024, Saa Moya z’umugoroba.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…