Amakuru aravuga ko kuwa Kane tariki 8 Kanama 2024, abantu babiri bapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
Aba bantu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke.
Ubuyobozi bw’akarere nabwo bwemeje aya makuru ko ari impamo ndetse buvuga ko urupfu rwa ba nyakwigendera rwatewe n’uko babuze umwuka ubwo bari muri icyo gikorwa cy’ubucukuzi.
Ba nyakwigendera bakomokaga mu Karere ka Muhanga.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…