Amakuru aravuga ko kuwa Kane tariki 8 Kanama 2024, abantu babiri bapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
Aba bantu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke.
Ubuyobozi bw’akarere nabwo bwemeje aya makuru ko ari impamo ndetse buvuga ko urupfu rwa ba nyakwigendera rwatewe n’uko babuze umwuka ubwo bari muri icyo gikorwa cy’ubucukuzi.
Ba nyakwigendera bakomokaga mu Karere ka Muhanga.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…