Amakuru aravuga ko kuwa Kane tariki 8 Kanama 2024, abantu babiri bapfiriye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.
Aba bantu baguye mu kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke.
Ubuyobozi bw’akarere nabwo bwemeje aya makuru ko ari impamo ndetse buvuga ko urupfu rwa ba nyakwigendera rwatewe n’uko babuze umwuka ubwo bari muri icyo gikorwa cy’ubucukuzi.
Ba nyakwigendera bakomokaga mu Karere ka Muhanga.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…