Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri Maroc yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police Fc.
Christian wari mu bakinnyi bashimiwe na APR FC akaza kwerekeza muri Police FC , yahagurutse mu Rwanda ku wa 1 Kanama yerekeza muri Marocco.
Kuri uyu wa Kane tarki ya 8 Kanama 2024 ni bwo uyu myugariro yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Zemamra Renaissance.
Nyuma yo gusinyira iyi kipe bahise bakina umukino wa gicuti aho baraye banganyije na Waydad 1-1.
Amakuru avuga ko mu masezerano yasinyanye na Police FC harimo ko nihaboneka ikipe imwifuza yo hanze y’u Rwanda Police FC izasubizwa amafaranga yamuguze.
Ishimwe Christian yakiniye Marines FC, AS Kigali, APR FC ndetse na Police FC yaherukaga gusinyira.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…