Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri Maroc yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police Fc.
Christian wari mu bakinnyi bashimiwe na APR FC akaza kwerekeza muri Police FC , yahagurutse mu Rwanda ku wa 1 Kanama yerekeza muri Marocco.
Kuri uyu wa Kane tarki ya 8 Kanama 2024 ni bwo uyu myugariro yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Zemamra Renaissance.
Nyuma yo gusinyira iyi kipe bahise bakina umukino wa gicuti aho baraye banganyije na Waydad 1-1.
Amakuru avuga ko mu masezerano yasinyanye na Police FC harimo ko nihaboneka ikipe imwifuza yo hanze y’u Rwanda Police FC izasubizwa amafaranga yamuguze.
Ishimwe Christian yakiniye Marines FC, AS Kigali, APR FC ndetse na Police FC yaherukaga gusinyira.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…