Umunya-Zimbabwe w’umugabo William Masvinu yongeye kwegukana ikamba ry’ububi (Mr Ugly) ku nshuro ya Gatanu.
MR Ugly ni amarushanwa ngarukamwaka agamije gushaka umugabo mubi kurusha abandi, nkuko abayategura babitangaza.
William Masvinu yaherukaga kwegukana iri kamba mu mwaka 2017.
Masvinu yahigitse abandi bahatanaga bane barimo abakeba be b’ibihe byose, Fanuel Musekiwa na Maison Sere, muri iryo rushanwa ryaberaga ahitwa Mutangaz Hideout muri Goromonzi mu ijoro ryo ku Cyumweru.
Urutse iryo kamba, yanahawe amadorari 500 n’inka imwe, mu gihe Musekiwa yabonye amadorari 200, na ho Sere waje ku mwanya wa gatatu agahabwa amadorari 100.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…