INKURU ZIDASANZWE

Umunya-Zimbabwe yegukanye ikamba ry’ububi mu bagabo

Umunya-Zimbabwe w’umugabo William Masvinu yongeye kwegukana ikamba ry’ububi (Mr Ugly) ku nshuro ya Gatanu.

MR Ugly ni amarushanwa ngarukamwaka agamije gushaka umugabo mubi kurusha abandi, nkuko abayategura babitangaza.

William Masvinu yaherukaga kwegukana iri kamba mu mwaka 2017.

Masvinu yahigitse abandi bahatanaga bane barimo abakeba be b’ibihe byose, Fanuel Musekiwa na Maison Sere, muri iryo rushanwa ryaberaga ahitwa Mutangaz Hideout muri Goromonzi mu ijoro ryo ku Cyumweru.

Urutse iryo kamba, yanahawe  amadorari 500 n’inka imwe, mu gihe Musekiwa yabonye amadorari 200, na ho  Sere waje ku mwanya wa gatatu agahabwa amadorari 100.

William Masvinu ukomoka muri Zimbabwe niwe wahawe ikamba ry’ububi mu bagabo

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

14 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

16 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

16 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

16 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago