Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yabaye iya mbere yageze i Kigali aho yitabiriye imikino y’ijonjora ry’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu Bagore cya 2026.
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza ‘Great Britain’, yageze i Kigali muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024.
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza iri mu itsinda rya 4, aho iri kumwe n’u Rwanda, Lebanon ndetse na Argentine.
Imikino y’irushanwa ry’ijonjora mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi ‘FIBA Women’s Basketball World Cup 2026 Pre-Qualifying Tournaments’, izabera muri BK Arena guhera tariki ya 19-25 Kanama 2024.
Ni mugihe iri tsinda rya gatatu C rizaba riherereye i Kigali, rizaba ririmo amakipe Brazil, Hungary, Senegal n’igihugu cya Philippines.
Ikipe y’Igihugu y’abagore y’u Rwanda ikina basketball niyo iri ku mwanya uri nyuma mu makipe azitabira iri rushanwa, aho iri ku mwanya wa 74 ku rutonde rw’Isi ruherutse gushyirwa hanze
MENYA IMYANYA IBIHUGU BITEGEREJWE I KIGALI BIRIHO KU RUTONDE RW’ISI
ITSINDA RYA 3 (C)
ITSINDA RYA KANE (D)
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…