MU MAHANGA

Kamala Harris yemeye kugirana ibiganiro mpaka bibiri na Donald Trump

Ubwo yarari kwiyamamaza Kamala Harris yatangaje ku wa kane, tariki ya 15 Kanama ko azagirana ibiganiro mpaka na mukeba we w’ishyaka ryaba ‘Republika’ Donald Trump inshuro ebyiri, mu gihe abandi bari kumwe muri urwo regendo bazabikora inshuro imwe.

Ibi bibaye nyuma y’ibyumweru bitari bike abayobozi bombi badatanga igisubizo gikwiriye ku kibazo cyo kugirana ibiganiro mpaka gihuza abakuru b’ibihugu.

Ni mugihe ku ruhande rwa Trump na Kamala zari zimaze kumvikana ku mpaka inshuro imwe yagombaga kubahuza ku ya 10 Nzeri ndetse na visi-perezida we akaba yari yahisemo ku ya 1 Ukwakira, ariko kwiyamamaza kwa Trump kwari kuri gushaka izindi mpaka ebyiri ku mwanya wa perezida muri Nzeri ndetse no guhura mu buryo bwihariye (VP).

Ati: “Ibiganiro mpaka byararangiye. Abashinzwe ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump bemeye icyifuzo cyacu cyo kujya impaka inshuro eshatu – kugira impaka ebyiri ku myanya ya perezida ndetse na visi perezida ”, ibi bikaba byavuzwe na Harris ku wa kane.

Yongeyeho ati “Tuvuze ko Donald Trump yagaragaje koko ku ya 10 Nzeri,” Uwungirije Kamala Harris witwa Tim Walz azajya impaka n’u na Trump, JD Vance ku ya 1 Ukwakira, hanyuma ibiganiro bihuzahuza Harris na Trump bibe mu Ukwakira.

Harris ni umugore wa mbere akaba n’umwirabura ukomoka mu majyepfo ya Asia wabaye Visi-Perezida, akaba afite intego yo gukora amateka yo kuba perezida w’umugore wa mbere uzaba ugiye kuyobora Amerika.

Ikiganiro mpaka cya mbere kizahuza Harris na Trump giteganyijwe ku ya 10 Nzeri kizatambuka kuri ABC News.

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

13 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

15 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

15 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

15 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

1 day ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago