Umunya-Cameroun Willy Essomba Onana wakiniraga Simba SC yo muri Tanzaniya, yamaze gutandukana nayo yerekeza muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya.
Onana yageze muri Simba SC nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports yakoreyemo ibitangaza gusa ntiyagiye abona umwanya uhagije wo gukina muri iy’ikipe yo muri Tanzaniya.
Nyuma y’umwaka umwe gusa akinira Simba SC bamaze gutandukana, amakuru ava muri Tanzaniya avuga ko umutoza yerekanye ko atamufite mu mibare ye.
Willy Essomba Onana yamaze gusinya muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya, ikipe yamaze no gusinyisha Eldin Shiboub Ali Abdelrahman wahoze muri APR FC.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…