IMIKINO

Onana wigeze gukinira Rayon Sports yatandukanye na Simba SC ikipe yo mu burabu imusamira hejuru

Umunya-Cameroun Willy Essomba Onana wakiniraga Simba SC yo muri Tanzaniya, yamaze gutandukana nayo yerekeza muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya.

Advertisements

Onana yageze muri Simba SC nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports yakoreyemo ibitangaza gusa ntiyagiye abona umwanya uhagije wo gukina muri iy’ikipe yo muri Tanzaniya.

Nyuma y’umwaka umwe gusa akinira Simba SC bamaze gutandukana, amakuru ava muri Tanzaniya avuga ko umutoza yerekanye ko atamufite mu mibare ye.

Willy Essomba Onana yamaze gusinya muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya, ikipe yamaze no gusinyisha Eldin Shiboub Ali Abdelrahman wahoze muri APR FC.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago