Umunya-Cameroun Willy Essomba Onana wakiniraga Simba SC yo muri Tanzaniya, yamaze gutandukana nayo yerekeza muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya.
Onana yageze muri Simba SC nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports yakoreyemo ibitangaza gusa ntiyagiye abona umwanya uhagije wo gukina muri iy’ikipe yo muri Tanzaniya.
Nyuma y’umwaka umwe gusa akinira Simba SC bamaze gutandukana, amakuru ava muri Tanzaniya avuga ko umutoza yerekanye ko atamufite mu mibare ye.
Willy Essomba Onana yamaze gusinya muri Al Hilal Bengazi yo muri Libya, ikipe yamaze no gusinyisha Eldin Shiboub Ali Abdelrahman wahoze muri APR FC.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…