Mu nama y’Abademokarate yateranye ku munsi w’ejo hashize mu mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois muri Amerika, Barack Obama wahoze ari Perezida wa Amerika yacyeje Kamala Harris yongera gushima ubushobozi bwe.
Muri iyi nama, Barack Obama wari perezida w’Amerika ubwo yari afashe ijambo, yavuze ko nta cyiza nko kubona umuntu ushoboye nka Harris byongeyeho kuba ari Umugore bikaba bishimishije.
Ni mu gihe ubwo Biden yatangazaga ko umwanya wo guhagararira ishyaka ry’Abademokarate yawuhariye Kamala, Obama nabwo yashimye icyo cyemezo, avuga ko amushyigikiye.
Mu gihe inama rukokoma y’Abademocrate yarimo iba, polisi yo mu mujyi wa Chicago yari yakajije umutekano. Hirya no hino hagaragaraga abapolisi bafite ibikoresho byabugenewe byose biteguye guhosha imyigaragambyo.
Ni nyuma y’imyigaragambo y’abashyigikiye Palestina yabaye ku munsi wa mbere abigaragambya bagasenya urukuta rw’abacunga umutekano kugeza igihe polisi ibasohoreye abagera kuri 13 batabwa muri yombi.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…