Uwahoze ari Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, yahererekanyije ububasha na Minisitiri mushya Nyirishema Richard wamusimbuye kuri izo nshingano.
Tariki 16 Kanama 2024, nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma Abaminisitiri 21 n’Abayobozi ba Leta 9 muri za minisiteri zitandukanye.
Nyirishema Richard wari Visi Perezida mu Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda yagizwe Minisitiri wa Siporo,aho yasimbuye Munyangaju Aurore Mimosa.
Umuhango wo guhererekanya ububasha wabereye ku cyicaro cya Minisiteri ya Siporo, kuri uyu wa 20 Kanama 2024, witabirwa n’abandi bayobozi b’amashyirahamwe b’imikino itandukanye.
Nyirishema Richard yari amaze imyaka 12 ari Visi Perezida mu Ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) ushinzwe amarushanwa n’Ikipe y’Igihugu yagezemo 2016.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…