Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama 2024, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta umwaka 2023-2024.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’Amashuri NESA bwashyize hanze uburyo bworoshye bwo kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa 2023/2024 yatangajwe.
Usabwa kureba amanota unyuze hano ushaka kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ukanze kuri iyi link https://primary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul
Cyangwa mugakoresha uburyo bwo kohereza ubutumwa bugufi kuri telefene ngendanwa mu buryo bukurikira:
Urugero: Primary six: P6211008PR0392024 ohereza
kuri 8888
https://secondary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul
Senior three: S3510103OLC0072024 ohereza kuri 8888
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…