RWANDA

Menya uburyo bworoshye bwo kureba amanota y’ibizamini bya Leta byatangajwe

Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama 2024, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta umwaka 2023-2024.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’Amashuri NESA bwashyize hanze uburyo bworoshye bwo kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa 2023/2024 yatangajwe.

Usabwa kureba amanota unyuze hano ushaka kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ukanze kuri iyi link https://primary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul

Cyangwa mugakoresha uburyo bwo kohereza ubutumwa bugufi kuri telefene ngendanwa mu buryo bukurikira:

Urugero:  Primary six: P6211008PR0392024     ohereza 

                          kuri 8888

https://secondary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul

Senior three:  S3510103OLC0072024 ohereza kuri 8888

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

19 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

21 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

21 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

21 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago