Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama 2024, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta umwaka 2023-2024.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’Amashuri NESA bwashyize hanze uburyo bworoshye bwo kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa 2023/2024 yatangajwe.
Usabwa kureba amanota unyuze hano ushaka kureba amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ukanze kuri iyi link https://primary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul
Cyangwa mugakoresha uburyo bwo kohereza ubutumwa bugufi kuri telefene ngendanwa mu buryo bukurikira:
Urugero: Primary six: P6211008PR0392024 ohereza
kuri 8888
https://secondary.sdms.gov.rw/public/nationalExaminationResult.zul
Senior three: S3510103OLC0072024 ohereza kuri 8888
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…