INKURU ZIDASANZWE

Umuraperi Lil Baby yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa imbunda

Umuraperi w’umunyamerika, Lil Baby yafatiwe i Las Vegas muri Leta Zunze za Amerika azira gutwara imbunda rwihishwa kandi nta burenganzira abifitiye.

Advertisements

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 26 Kanama, uyu muraperi witwa ubusanzwe Dominique Armani Jones, yajyanywe muri gereza yo mu gace ka Clark County, afungwa by’agateganyo acibwa amande 5,000 $.

Ku wa kabiri (27 Kanama) TMZ yatangaje amakuru yari yavuye mu bunganira Lil Baby.

Drew Findling na David Chesnoff mu makuru yatanze “Kugira ngo bisobanuke neza, yavuze ko uyu muraperi Dominique Jones yifitiye uruhushya rwo gutunga imbuga yafatiye i Jeworujiya (CCW) ibintu bagomba ngo gukurikirana.

Mu byerekeye ibyo, hatangiye gukora iperereza ku byabaye no ku bijyanye n’ifatwa rye i Las Vegas. ”Nta yandi makuru arambuye yerekeye ifatwa rye.”

Igipolisi cya Las Vegas ntayandi amakuru arambuye baratangaza ku byaha aregwa.

Ntabwo ari ubwa mbere umuhanzi atawe muri yombi. Ifatwa rye ku nshuro ya mbere ni igihe yafatwaga atwaye imodoka mu buryo binyuranyije n’amategeko aho yashinjwe kugira uburangare bwo kugendera ku muvuduko yanasize ndetse n’icyaha cyo gukoresha urumogi i Paris, mu 2021.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago