IMYIDAGADURO

Indirimbo ‘Sikosa’ yarimaze iminsi ibica yasibwe ku rubuga rwa YouTube

Indirimbo y’umuhanzi Kevin Kade ‘Sikosa’ yakoranye na The Ben na Element Eléeeh yamaze gusibwa kuri YouTube.

Ni indirimbo yarimaze iminsi itagera mu Cyumweru igiye hanze, aho bivugwa ko yasibwe kuri YouTube n’umuntu utazwi kugeza ubu.

Uyu wayisibye iy’indirimbo yarimaze kurebwa n’abarenga miliyoni kuri urwo rubuga yahamije ko ari iye bwite.

Isibwa ry’iyi ndirimbo kandi byahamijwe n’usanzwe ureberera inyungu z’umuhanzi Kevin Kade, Serge Muhizi wavuze ko nabo batunguwe no gusanga bayisibye.

Muhizi yavuze ko amakuru y’ibanze babonye ari uko hari undi muntu wayishyize kuri youtube anyuze kuri sosiyete isanzwe ifasha abahanzi gusakaza ibihangano byabo ku mbuga zibigurisha ‘One rpm’, gusa ngo bari mu biganiro n’ubuyobozi bw’iyi sosiyete ku buryo ko indirimbo ishobora gururwa byihuse kuko bamaze kubabwira ko indirimbo ari yabo.

Indirimbo ‘Sikosa’ yasibwe ku rubuga rwa YouTube
‘Sikosa’ ihuriyemo abahanzi Kevin Kade, The Ben na Element Eléeeh

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

9 mins ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

2 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

2 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

2 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

23 hours ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

1 day ago