Indirimbo y’umuhanzi Kevin Kade ‘Sikosa’ yakoranye na The Ben na Element Eléeeh yamaze gusibwa kuri YouTube.
Ni indirimbo yarimaze iminsi itagera mu Cyumweru igiye hanze, aho bivugwa ko yasibwe kuri YouTube n’umuntu utazwi kugeza ubu.
Uyu wayisibye iy’indirimbo yarimaze kurebwa n’abarenga miliyoni kuri urwo rubuga yahamije ko ari iye bwite.
Isibwa ry’iyi ndirimbo kandi byahamijwe n’usanzwe ureberera inyungu z’umuhanzi Kevin Kade, Serge Muhizi wavuze ko nabo batunguwe no gusanga bayisibye.
Muhizi yavuze ko amakuru y’ibanze babonye ari uko hari undi muntu wayishyize kuri youtube anyuze kuri sosiyete isanzwe ifasha abahanzi gusakaza ibihangano byabo ku mbuga zibigurisha ‘One rpm’, gusa ngo bari mu biganiro n’ubuyobozi bw’iyi sosiyete ku buryo ko indirimbo ishobora gururwa byihuse kuko bamaze kubabwira ko indirimbo ari yabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…