Indirimbo y’umuhanzi Kevin Kade ‘Sikosa’ yakoranye na The Ben na Element Eléeeh yamaze gusibwa kuri YouTube.
Ni indirimbo yarimaze iminsi itagera mu Cyumweru igiye hanze, aho bivugwa ko yasibwe kuri YouTube n’umuntu utazwi kugeza ubu.
Uyu wayisibye iy’indirimbo yarimaze kurebwa n’abarenga miliyoni kuri urwo rubuga yahamije ko ari iye bwite.
Isibwa ry’iyi ndirimbo kandi byahamijwe n’usanzwe ureberera inyungu z’umuhanzi Kevin Kade, Serge Muhizi wavuze ko nabo batunguwe no gusanga bayisibye.
Muhizi yavuze ko amakuru y’ibanze babonye ari uko hari undi muntu wayishyize kuri youtube anyuze kuri sosiyete isanzwe ifasha abahanzi gusakaza ibihangano byabo ku mbuga zibigurisha ‘One rpm’, gusa ngo bari mu biganiro n’ubuyobozi bw’iyi sosiyete ku buryo ko indirimbo ishobora gururwa byihuse kuko bamaze kubabwira ko indirimbo ari yabo.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…