IMYIDAGADURO

Umuhanzi Yago yahungiye muri Uganda

Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pon Dat yahungiye mu gihugu cya Uganda, nyuma yo kuvuga ko hari abashatse kumwivugana.

Advertisements

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 29 Kanama 2024, Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Yago Pon Dat yatangaje ko yamaze guhunga igihugu kubera abantu bagerageje kumwica mu bihe byatambutse.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yise ibaruwa ngufi Yago yagize ati “Rwanda nkunda nkuhunze ntakwanga ahubwo mpunze agatsiko k’abashatse kunyica mu myaka 4 ishize, nkataka arko ntawanyumvise numwe. Umutima wanjye urababaye cyane arko numpamagara nzitaba, kuko Data yaragukoreye, Mama arakubyarira. Uganda ndabasabye munyakire.”

Uyu muhanzi ubifatanya n’Ubunyamakuru amaze iminsi avuga ko hari abantu bagiye bashaka kumwica, ibintu bimaze ngo isaga ine.

Yago kandi yagiye agirana ibibazo bitandukanye n’abanyamakuru bakora mu gisate cy’imyidagaduro, aho yagiye avuga ko bagenda bamuvugavuga ibintu we yagiye atakunze ndetse ko azabarwanya igihe cyose.

Yago yavuze ko yahungiye mu gihugu cya Uganda

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago