Tinyuka Talent Show ni Amarushanwa y’Abanyempano batandukanye harimo; kuririmba, gusetsa, gukina filime, n’abafite Impano yo gucuranga akaba agiye kuba ku nshuro yayo ya mbere hano mu Rwanda.
Aya Marushanwa yateguwe na Kompanyi yitwa Lucky Entertainment itari imenyereweho gutegura Amarushanwa hano Mu Rwanda
TINYUKA TALENT SHOW Bavugako Aramarushanwa Aje Kugaragaza Impano z’abana b’Abanyarwanda ngo kuko hari Abanye mpano benshi ariko batabona aho kuzerekanira.
Aya marushanwa yateguwe n’umwe mu basore basanzwe bazwi mu myidagaduro yo mu Rwanda bakunze kwita Lucky Promoter akaba anazwiho gushakira Abahanzi batandukanye akazi ko kuririmba mu Tubari n’ahandi henshi
Avuga ko Iki Gitekerezo Yarakimaranye Igihe Ariko Yarabuze Ubushobozi bwo Kubikora Akagira Imana Akabona Umugiraneza Wemera kumufasha Ngo Agishyire Mu bikorwa.
Ikindi Avugako Hamaze Kwiyandikisha Abanyempano Basaga Mirongo Irindi(70) Bazahatana Muri iri Rushanwa Rya Tinyuka Talent Show rigiye kuba ku nshuro yaryo ya mbere.
Avuga ko Muraba bajye mpano Bazahatana Ko hazavamo Batatu Aribo bazabasha Guhembwa Ngo Kuko Ubushobozi Budahagije Bwo kuba Yahemba Buri mwana Ariko Akavugako Nagira Amahirwe Bikagenda Neza Azajya Ayategura Agahemba Abarenze Abo batatu.
Abazahatana Bazatorwa Hifashishijwe Uburyo Bwikoranabuhanga baciye kuri Website www.ityazo.com Ngo Ayo majwi Akazabarwa Kuri Final Taliki 27/10/2024 Hakazabaho Gutora Andi majwi Hifashishijwe Akanama nkemura mpaka Aribo (Judges) aho TINYUKA TALENT SHOW Izabera Kacyiru Munsi Ya Minagri Ahazwi Nka Connect villa.
Uyu Musore asoza asaba Abanyarwanda kumushyigikira muri iki Gikorwa cyo kwerekana Impano z’abana b’Abanyarwanda kuko abona bashoboye.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…