IMYIDAGADURO

Tinyuka Talent Show igiye gufasha Urubyiruko rufite Impano gukabya Inzozi

Tinyuka Talent Show ni Amarushanwa y’Abanyempano batandukanye harimo; kuririmba, gusetsa,  gukina filime, n’abafite Impano yo gucuranga akaba agiye kuba ku nshuro yayo ya mbere hano mu Rwanda.

Aya  Marushanwa  yateguwe na Kompanyi  yitwa Lucky Entertainment itari imenyereweho gutegura Amarushanwa hano Mu Rwanda

TINYUKA TALENT SHOW Bavugako Aramarushanwa Aje Kugaragaza Impano z’abana  b’Abanyarwanda ngo kuko hari Abanye mpano benshi ariko batabona aho kuzerekanira.

Aya marushanwa yateguwe n’umwe mu basore basanzwe bazwi  mu myidagaduro yo mu Rwanda bakunze kwita Lucky Promoter akaba anazwiho gushakira Abahanzi batandukanye akazi ko kuririmba mu Tubari n’ahandi henshi

Avuga ko Iki Gitekerezo Yarakimaranye Igihe Ariko Yarabuze Ubushobozi bwo Kubikora Akagira Imana Akabona Umugiraneza Wemera kumufasha Ngo  Agishyire Mu bikorwa.

Lucky Promoter wateguye TINYUKA TALENT SHOW yifuzako iri Rushanwa Ryajya Riba Kenshi Mu Biruhuko byabanyeshuri Ngo Kuko Abana Baba Bakeneye Kugaragariza Ababyeyi babo Impano bafite Ariko bakabura Uko babibereka bitewe n’amasomo

Ikindi Avugako Hamaze Kwiyandikisha Abanyempano Basaga Mirongo Irindi(70) Bazahatana Muri iri Rushanwa Rya Tinyuka Talent Show rigiye kuba ku nshuro yaryo ya mbere.

Avuga ko Muraba bajye mpano Bazahatana Ko hazavamo Batatu Aribo bazabasha Guhembwa Ngo Kuko Ubushobozi Budahagije Bwo kuba Yahemba Buri mwana Ariko Akavugako Nagira Amahirwe Bikagenda Neza Azajya Ayategura Agahemba Abarenze Abo batatu.

Abazahatana Bazatorwa Hifashishijwe Uburyo Bwikoranabuhanga  baciye kuri Website www.ityazo.com Ngo Ayo majwi Akazabarwa  Kuri Final Taliki 27/10/2024 Hakazabaho Gutora Andi majwi Hifashishijwe Akanama nkemura mpaka Aribo (Judges) aho TINYUKA TALENT SHOW Izabera Kacyiru Munsi Ya Minagri Ahazwi Nka Connect villa.

Uyu Musore asoza asaba  Abanyarwanda kumushyigikira muri iki Gikorwa cyo kwerekana Impano z’abana b’Abanyarwanda kuko abona bashoboye.

DomaNews.rw

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

15 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

16 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

17 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

17 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago