Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi yirukanye Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa yihariye mu bibazo by’u Rwanda na RD Congo.
Tshibangu niwe warushinzwe gukurikirana ibiganiro by’ubuhuza hagati y’ibigugu byombi byaberaga i Nairobi muri Kenya.
Ibi byemejwe n’umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam wavuze ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa na Sumbu Sita Mambu.
Amakuru avuga ko uyu mugabo yaba yirukanwe azira amajwi yafashwe mu ibanga mbere yo gushyirwa ku karubanda.
Ni amajwi yumvikana anengamo sebuja, ndetse ku wa Gatatu w’iki cyumweru yatumye yitaba urwego rushinzwe iperereza (ANR) rwatangiye kumukoroho iperereza.
Andi makuru kandi avuga ko Tshibangu yaba yazize ibiganiro M23 yahuriyemo i Kampala na Leta ya RDC mu kwezi gushize.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…