Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi yirukanye Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa yihariye mu bibazo by’u Rwanda na RD Congo.
Tshibangu niwe warushinzwe gukurikirana ibiganiro by’ubuhuza hagati y’ibigugu byombi byaberaga i Nairobi muri Kenya.
Ibi byemejwe n’umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam wavuze ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa na Sumbu Sita Mambu.
Amakuru avuga ko uyu mugabo yaba yirukanwe azira amajwi yafashwe mu ibanga mbere yo gushyirwa ku karubanda.
Ni amajwi yumvikana anengamo sebuja, ndetse ku wa Gatatu w’iki cyumweru yatumye yitaba urwego rushinzwe iperereza (ANR) rwatangiye kumukoroho iperereza.
Andi makuru kandi avuga ko Tshibangu yaba yazize ibiganiro M23 yahuriyemo i Kampala na Leta ya RDC mu kwezi gushize.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…