Umutoza Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe ashobora kongerwa muri Gendarmerie Nationale FC yo mu cyiciro cya Mbere muri Djibouti.
Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuri ivuga ko Seninga Innocent yamaze kwerekeza muri Djibouti gusinyira ikipe ya Gendarmerie Nationale FC.
Iy’ikipe yamaze kwerekana Seninga ndetse asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Seninga watandukanye na Sunrise FC muri 2022, kubera umusaruro muke ubu ntakipe yari afite.
Ikipe ya Gendarmerie Nationale FC ikinira kuri Stade de Ville yakira abantu 20.000 ,yashinzwe muri 2002.
Seninga yamenyekanye cyane muri shampiyona y’u Rwanda,aho yatoje amakipe arimo Isonga FC ,Kiyovu Sports ,Etincelles FC, Police FC, Musanze FC, Bugesera FC na Sunrise FC.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…
Nyuma y’uko hakwirakwijwe amashusho y’abakobwa babiri bari gukora imibonano mpuzabitsina n’umusore utaramenyekanye, benshi mu bakoresha…
Mu gihugu cy'u Burundi hakomeje kuvugwa itumbagira rikabije ry'ibiciro bimwe na bimwe by'umwihariko ku isukari,…
Kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira…
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yazamutseho umwanya umwe iva ku mwanya wa 131 ijya ku…