Umutoza Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe ashobora kongerwa muri Gendarmerie Nationale FC yo mu cyiciro cya Mbere muri Djibouti.
Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuri ivuga ko Seninga Innocent yamaze kwerekeza muri Djibouti gusinyira ikipe ya Gendarmerie Nationale FC.
Iy’ikipe yamaze kwerekana Seninga ndetse asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Seninga watandukanye na Sunrise FC muri 2022, kubera umusaruro muke ubu ntakipe yari afite.
Ikipe ya Gendarmerie Nationale FC ikinira kuri Stade de Ville yakira abantu 20.000 ,yashinzwe muri 2002.
Seninga yamenyekanye cyane muri shampiyona y’u Rwanda,aho yatoje amakipe arimo Isonga FC ,Kiyovu Sports ,Etincelles FC, Police FC, Musanze FC, Bugesera FC na Sunrise FC.
Pascal Habababyeyi wari umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, yitabye Imana. Yari umwe mu bakoraga muri weekend nk’umwe…
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, utajya wiburira yatangaje imbere y'imbaga ko Banki Nkuru y’igihugu cyabo…
DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri…
Umugore w'umuraperi w'Umunyamerika Chance The Rapper, Kirsten Corley, yasabye gatanya n'uyu muraperi nyuma y'imyaka itanu…
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG, iratangaza ko muri gahunda ya ‘’Tekera Heza’’ no gushyiraho…
Umuhanzi Bruce Melodie yageze i Kampala mu ijoro ryakeye, n'itsinda rigari ryamuherekeje ririmo Coach Gael…