Umutoza Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe ashobora kongerwa muri Gendarmerie Nationale FC yo mu cyiciro cya Mbere muri Djibouti.
Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuri ivuga ko Seninga Innocent yamaze kwerekeza muri Djibouti gusinyira ikipe ya Gendarmerie Nationale FC.
Iy’ikipe yamaze kwerekana Seninga ndetse asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Seninga watandukanye na Sunrise FC muri 2022, kubera umusaruro muke ubu ntakipe yari afite.
Ikipe ya Gendarmerie Nationale FC ikinira kuri Stade de Ville yakira abantu 20.000 ,yashinzwe muri 2002.
Seninga yamenyekanye cyane muri shampiyona y’u Rwanda,aho yatoje amakipe arimo Isonga FC ,Kiyovu Sports ,Etincelles FC, Police FC, Musanze FC, Bugesera FC na Sunrise FC.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…