Umutoza Seninga Innocent yasinye amasezerano y’umwaka umwe ashobora kongerwa muri Gendarmerie Nationale FC yo mu cyiciro cya Mbere muri Djibouti.
Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuri ivuga ko Seninga Innocent yamaze kwerekeza muri Djibouti gusinyira ikipe ya Gendarmerie Nationale FC.
Iy’ikipe yamaze kwerekana Seninga ndetse asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Seninga watandukanye na Sunrise FC muri 2022, kubera umusaruro muke ubu ntakipe yari afite.
Ikipe ya Gendarmerie Nationale FC ikinira kuri Stade de Ville yakira abantu 20.000 ,yashinzwe muri 2002.
Seninga yamenyekanye cyane muri shampiyona y’u Rwanda,aho yatoje amakipe arimo Isonga FC ,Kiyovu Sports ,Etincelles FC, Police FC, Musanze FC, Bugesera FC na Sunrise FC.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…