Mu Karere ka Nyanza haravugwa umusore watawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we bapfa umukobwa wigurishaga (indaya).
Ibi byabaye mu gicuku cyo ku wa Gatanu tariki ya 30 Kanam2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Gatagara mu mudugudu wa Kinyogoto.
UMUSEKE wamenye amakuru ko Umusore witwa Olivier w’imyaka 23 yafashwe akekwaho gukubita akanakomeretsa mu mutwe uwitwa Pierre w’imyaka 21 bikekwa ko bapfuye indaya itaramenyekana imyirondoro.
Uwakomeretse yahise ajyanwa ku bitaro i Nyanza kwitabwaho n’abaganga.
Amakuru avuga ko mu gukomereka kuriya musore byatewe ni uko bombi bashakaga kuryamana n’iriya ndaya niko kurwana.
Ntacyo ubuyobozi buragira icyo buvuga kuri uru rugomo.
Ukekwaho gukora ruriya rugomo yajyanywe kuri sitasiyo ya RIB ya Busasamana.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…