IMIKINO

Uwari umunyamabanga w’ikipe ya Rayon Sports yeguye kuri uyu mwanya

Namenye Patrick wari umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports yamaze kumenyesha ubuyobozi bw’iyikipe ko nyuma y’iminsi 30 atazaba akiri mu nshingano.

Ni mugihe yari asigaje ukwezi kumwe kwa 9 ngo manda yatorewe irangira, cyane ko amatora muri Rayon Sports ateganyijwe mu kwezi kwa 10, byumvikana ko atazongera kwiyamamariza iy’imirimo.

Namenye yagiye agarukwaho n’abakunzi ba Rayon Sports mu gihe yari mu bashinzwe igura ry’abakinnyi muri iy’ikipe, bavuga ko azana abakinnyi badashoboye kugeza ubwo yaje gukurwa mu bashinzwe gushakira abakinnyi ikipe ya Rayon Sports.

Mu munsi ishize nibwo (Daf w’Association) Adrien Nkubana yari yatangaje ko yeguye, ariko aza kwisubiraho yemera kuba asubiye mu kazi.

Abakunzi ba Rayon Sports bakomeje kugaragaza ko batishimiye ubuyobozi buriho muri iy’ikipe bitewe no kuba mu myaka 4 bamaze ntagikombe cya shampiyona bigeze batwara.

Kurundi ruhande Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele nawe amakuru ahari ni uko yamaze gutangaza ko atazongera kwiyamamariza kuyobora iy’ikipe.

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

18 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

20 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

20 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

20 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

2 days ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

2 days ago