INKURU ZIDASANZWE

Eric yaheze mu muferege agiye gukuramo bateri ya telefone y’umuturage

Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma yo kwinjiramo agiye gushakishamo bateri ya telefone yari yatawemo n’umuturage.

Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Nzeri 2024 ahagana mu masaha y’igitondo, aho musore witwa yari yemerewe ko ari buhabwe amafaranga angana n’amafaranga 500.

Byasabye ko Polisi y’igihugu ihagera igasenya uyu muferege kugira ngo iramire ubuzima bw’uyu musore, niko kumukuramo akiri muzima nyuma y’isaha n’igice.

Eric yari yaheze mu muferege agiye gushaka bateri ya telefone
Ku bw’amahirwe basanze Eric akiri muzima
Byasabye ko Polisi y’Igihugu ihagoboka kugira ngo itabare uyu musore

Inkuru turacyayikurikirana…

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

11 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

13 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

13 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

13 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

1 day ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

1 day ago