Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma yo kwinjiramo agiye gushakishamo bateri ya telefone yari yatawemo n’umuturage.
Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Nzeri 2024 ahagana mu masaha y’igitondo, aho musore witwa yari yemerewe ko ari buhabwe amafaranga angana n’amafaranga 500.
Byasabye ko Polisi y’igihugu ihagera igasenya uyu muferege kugira ngo iramire ubuzima bw’uyu musore, niko kumukuramo akiri muzima nyuma y’isaha n’igice.
Inkuru turacyayikurikirana…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…