INKURU ZIDASANZWE

Eric yaheze mu muferege agiye gukuramo bateri ya telefone y’umuturage

Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma yo kwinjiramo agiye gushakishamo bateri ya telefone yari yatawemo n’umuturage.

Advertisements

Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Nzeri 2024 ahagana mu masaha y’igitondo, aho musore witwa yari yemerewe ko ari buhabwe amafaranga angana n’amafaranga 500.

Byasabye ko Polisi y’igihugu ihagera igasenya uyu muferege kugira ngo iramire ubuzima bw’uyu musore, niko kumukuramo akiri muzima nyuma y’isaha n’igice.

Eric yari yaheze mu muferege agiye gushaka bateri ya telefone
Ku bw’amahirwe basanze Eric akiri muzima
Byasabye ko Polisi y’Igihugu ihagoboka kugira ngo itabare uyu musore

Inkuru turacyayikurikirana…

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago