Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma yo kwinjiramo agiye gushakishamo bateri ya telefone yari yatawemo n’umuturage.
Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Nzeri 2024 ahagana mu masaha y’igitondo, aho musore witwa yari yemerewe ko ari buhabwe amafaranga angana n’amafaranga 500.
Byasabye ko Polisi y’igihugu ihagera igasenya uyu muferege kugira ngo iramire ubuzima bw’uyu musore, niko kumukuramo akiri muzima nyuma y’isaha n’igice.
Inkuru turacyayikurikirana…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…