IMIKINO

Rayon Sports yasubiye ku ivuko kwizihiza imyaka 125 y’Umujyi wa Nyanza

Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 125 Akarere ka Nyanza kamaze ari umurwa mukuru w’u Rwanda rwohambere ,hakozwe urugendo rwasuye ahantu Ndangamateka–Ndangamurage, rwayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme.

Advertisements

Ku wa Kane tariki ya 5 Nzeri 2024 nibwo hasuwe ahandu Ndangamurage mu Kerere ka Nyanza igikorwa cyitabiriwe nabamwe mu bakozi ba Rayon Sports, n’abayobozi Ba Karere ndetse n’abaturage ba Karere ka Nyanza.

Ahasuwe:

1. Ibigabiro by’Umwami Yuhi V MUSINGA aho Umurwa wa Nyanza washingiwe mu1899.

2. Urukiko rw’Umwami Mutara III RUDAHIGWA ubu hari ikigo gitanga amakuruy’ubukerarugendo mu Karere ka Nyanza (Nyanza Information Center) Aha ni naho hari amateka ya Rayon Sports , Abahasuye basobanuriwe amateka yaRayon Sports n’aho ihurira n’Akarere ka Nyanza.

3. Ikaragiro rya Nyanza (Nyanza Milk Industries) ryashinzwe n’Umwami Mutara IIIRudahigwa mu 1937.

4. Ingoro ndangamurage yo kwigira iri ku Rwesero

5. Ingoro y’amateka y’Abami mu Rukari

6. Ku Musezero w’i Mwima aho ahatabarijwe Umwami Mutara III Rudahigwa, KigeriV Ndahindurwa n’Umwamikazi Rosalie Gicanda.

Rayon Sports irakina na Mukura VS kuri uyu wa 6 gatandatu kuri Stade ya Nyanza.

Ngabo Robben asobanura ibyerekeye n’amateka y’ikipe ya Rayon Sports
Abari baje kumva ibijyanye n’amateka n’ibigwi by’ikipe ya Rayon Sports yavukiye i Nyanza

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago