Dushimimana Olivier usanzwe ubarizwa mu ikipe ya APR Fc wari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yamaze gukurwamo asimbuzwa mugenzi we bakinana mu ikipe imwe.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Frank Spittler yakoze impinduka mu bakinnyi mu rwego rwo kwitegura umukino afitanye na Nigeria akuramo Olivier Muzungu yinjiza Niyibizi Ramadhan.
Dushimimana Olivier Muzungu wa APR FC yamaze gusohoka mu mwiherero ,maze hinjira Niyibizi Ramadhan na we ukinira APR FC.
Ramadhan yamaze gutangitangirana n’abandi imyitozo bitegura Nigeria ,nyuma yo kunganya na Libya.
Niyibizi Ramadhan ukina asatira izamu asimbuye Olivier Muzungu nawe ukina asatira.
Amavubi aritegura umukino wa kabiri mu itsinda rya D aho tariki 10 Nzeri azakira Nigeria kuri Stade Amahoro mu rwego rwo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cyizaba muri 2025 muri Morocco.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…