Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane tariki 12 Nzeri 2024, rivuga ko Perezida Kagame yashyizeho Juliana Kangeli Muganza.
Muganza ahawe aka kazi asimbuye kuri uwo Mukazayire Nelly uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo.
Juliana Kangeli Muganza yari asanzwe akora nk’umusesenguzi mu Kanama gashinzwe ingamba na politike mu Biro by’Umukuru w’Igihugu.
Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu bijyanye na politike za leta yakuye muri Kaminuza ya Oxford.
Afite kandi impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza yakuye muri Drexel University muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…