Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane tariki 12 Nzeri 2024, rivuga ko Perezida Kagame yashyizeho Juliana Kangeli Muganza.
Muganza ahawe aka kazi asimbuye kuri uwo Mukazayire Nelly uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo.
Juliana Kangeli Muganza yari asanzwe akora nk’umusesenguzi mu Kanama gashinzwe ingamba na politike mu Biro by’Umukuru w’Igihugu.
Afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu bijyanye na politike za leta yakuye muri Kaminuza ya Oxford.
Afite kandi impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza yakuye muri Drexel University muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…