Uwayezu Jean Fidèle wayoboraga Rayon Sports yeguye ku nshingano ze kubera uburwayi.
Mu itangazo ryanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Rayon Sports, zemeje aya makuru ko Uwayezu Jean Fidele yamaze kwegura kuri izi nshingano.
Amakuru ahari ni uko Fidele yanditse ibaruwa yegura ndetse kuri hakaba hagiye gukurikizwa inzira ziteganywa n’amategeko mu gushaka umusimbura we.
Mu minsi yashize hari amakuru yavugaga ko Uwayezu Jean Fidele yari yatangaje ko atazongera kwiyamamariza inshingano zo kuyobora ikipe ya Rayon Sports gusa ni amakuru yaje guhinyuzwa n’umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports Ngabo Robben.
Uwayezu Jean Fidele yeguye nyamara Manda ye muri Rayon Sports yari buzarangira mu Kwakira 2024 ari nabwo hari kuzaba andi matora.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…