Paul Mashatile usanzwe ari Visi Perezida wa Afurika y’Epfo yaguye ubwo yagezaga ijambo ku giterane cyo kwibuka itangizwa ry’umuyobozi gakondo waho, i Tzaneen, mu Ntara ya Limpopo, mu birometero 412 (mu bilometero 256) mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Johannensburg.
Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu tariki 14 Nzeri 2024, Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, ameze neza nyuma yo guhangana n’ubushyuhe ubwo yavugaga ijambo nk’uko umuyobozi w’intara ya Limpopo yabitangarije SABC.
Minisitiri w’intebe w’intara ya Limpopo, Phophi Ramathuba, n’umuganga w’ubuvuzi, babwiye itangazamakuru ko Mashatile atari mu kaga nyuma yo guhangana n’ubushyuhe bukabije agana ku musozo w’ijambo rye bikarangira arabye akitura hasi.
Ramathuba ati: “Visi perezida ameze neza, ari kumwe n’itsinda rye ry’ubuvuzi. Nari kumwe nabo, ameze neza kandi nta mpamvu yo guhangayika.”
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…