INKURU ZIDASANZWE

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo yaguye igihumure ubwo yavugaga ijambo mu giterane

Paul Mashatile usanzwe ari Visi Perezida wa Afurika y’Epfo yaguye ubwo yagezaga ijambo ku giterane cyo kwibuka itangizwa ry’umuyobozi gakondo waho, i Tzaneen, mu Ntara ya Limpopo, mu birometero 412 (mu bilometero 256) mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Johannensburg.

Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu tariki 14 Nzeri 2024, Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, ameze neza nyuma yo guhangana n’ubushyuhe ubwo yavugaga ijambo nk’uko umuyobozi w’intara ya Limpopo yabitangarije SABC.

Minisitiri w’intebe w’intara ya Limpopo, Phophi Ramathuba, n’umuganga w’ubuvuzi, babwiye itangazamakuru ko Mashatile atari mu kaga nyuma yo guhangana n’ubushyuhe bukabije agana ku musozo w’ijambo rye bikarangira arabye akitura hasi.

Ramathuba ati: “Visi perezida ameze neza, ari kumwe n’itsinda rye ry’ubuvuzi. Nari kumwe nabo, ameze neza kandi nta mpamvu yo guhangayika.”

Christian

Recent Posts

KNC yahishuye akayabo ikipe ye ya Gasogi united ihagaze

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…

12 hours ago

Myugariro wa Gasogi United yahamagajwe na RIB mbere y’uko bahura na Rayon Sports

Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…

13 hours ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…

14 hours ago

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC yizera kwegukana igikombe cya shampiyona

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…

14 hours ago

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yageneye ubutumwa ikipe ya APR Fc mbere y’umukino wa Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…

1 day ago

Igihombo gikomeye kuri Man City mbere yo guhura na Arsenal muri shampiyona

Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…

1 day ago