Umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yatunguye no kujya ku rubyiniro abafana be bagatangira kwifatira amashusho y’ubwambure bwe.
Uyu muhanzi wari witegeye hejuru, ku rubyiniro yambaye agakanzu kagufi, yarimo abyina indirimbo yitwa ‘Soltera’ mu birori bya LIV Miami.
Shakira w’imyaka 47 ubwo yatangiraga kubyinisha umubyimba w’inyuma ari hejuru y’abafana, bamwe batangiye kwifatira ishusho ry”ubusa bwe.
Ni ibintu wabonaga byahise bitangira kumugora ari nako amanura iyo kanzu, ubwa mbere abwira uwaruri munsi ye, amubwira ko atari byiza kumufata amashusho munsi y’imyambaro ye.
Bidatinze nk’uko bigaragara mu mashusho Shakira byahise bimwanga munda, ahita yururuka urubyiniro igitaraganya.
Reba amashusho ukanze hano 👇🏾 https://x.com/AdalbertoLlinas/status/1835346546981765254?t=-SiXBjz8CA5mNbSEHmgStw&s=19
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…