Umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yatunguye no kujya ku rubyiniro abafana be bagatangira kwifatira amashusho y’ubwambure bwe.
Uyu muhanzi wari witegeye hejuru, ku rubyiniro yambaye agakanzu kagufi, yarimo abyina indirimbo yitwa ‘Soltera’ mu birori bya LIV Miami.
Shakira w’imyaka 47 ubwo yatangiraga kubyinisha umubyimba w’inyuma ari hejuru y’abafana, bamwe batangiye kwifatira ishusho ry”ubusa bwe.
Ni ibintu wabonaga byahise bitangira kumugora ari nako amanura iyo kanzu, ubwa mbere abwira uwaruri munsi ye, amubwira ko atari byiza kumufata amashusho munsi y’imyambaro ye.
Bidatinze nk’uko bigaragara mu mashusho Shakira byahise bimwanga munda, ahita yururuka urubyiniro igitaraganya.
Reba amashusho ukanze hano 👇🏾 https://x.com/AdalbertoLlinas/status/1835346546981765254?t=-SiXBjz8CA5mNbSEHmgStw&s=19
Umugabo wo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano…
Mu ijoro ryo kuwa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024, nibwo hatangiraga amarushanwa ya UEFA Champions…
Perezida wa Gasogo United Kakooza Nkuliza Charles (KNC) yatumiye abafana ba APR FC ku bwinshi…
Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC yamaze gutangira urugendo rwerekeza mu Misiri kujya gukina umukino wa…
Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024, rwerekanye agatsiko k'abantu…
Umuherwekazi akaba n’umwe bahanzi bo ha mbere Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo…