IMYIDAGADURO

Shakira yavuye ku rubyiniro igitaraganya nyuma yo kubona abafana be barimo kwifatira amashusho y’ubwambure bwe-Video

Umuhanzikazi Shakira ukomoka muri Colombia yatunguye no kujya ku rubyiniro abafana be bagatangira kwifatira amashusho y’ubwambure bwe.

Advertisements

Uyu muhanzi wari witegeye hejuru, ku rubyiniro yambaye agakanzu kagufi, yarimo abyina indirimbo yitwa ‘Soltera’ mu birori bya LIV Miami.

Shakira w’imyaka 47 ubwo yatangiraga kubyinisha umubyimba w’inyuma ari hejuru y’abafana, bamwe batangiye kwifatira ishusho ry”ubusa bwe.

Ni ibintu wabonaga byahise bitangira kumugora ari nako amanura iyo kanzu, ubwa mbere abwira uwaruri munsi ye, amubwira ko atari byiza kumufata amashusho munsi y’imyambaro ye.

Bidatinze nk’uko bigaragara mu mashusho Shakira byahise bimwanga munda, ahita yururuka urubyiniro igitaraganya.

Reba amashusho ukanze hano 👇🏾 https://x.com/AdalbertoLlinas/status/1835346546981765254?t=-SiXBjz8CA5mNbSEHmgStw&s=19

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago