Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024, rwerekanye agatsiko k’abantu batandatu bakoze ubujura bw’imodoka mu Rwanda bakoresheje uburyo bw’amanyanga.
Ni nyuma y’uko uru Rwego rugiye rwakira ibirego bitandukanye by’ubujura bw’imodoka.
Imodoka enye muzo bafatanywe aba basore zafatiwe mu Turere twa Nyamagabe, Kayonza na Gicumbi, zahise zasubijwe ba nyirazo.
Abafashwe bakurikiranyweho ibyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi, gukora no gukoresha ibyangombwa bihimbano no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
RIB ba nyiri imodoka bari bibye bahise bazisubizwa.
RIB yavuze ko ibijyanye n’ubujura n’andi manyanga yose akorwa bidateze kuzababarirwa na gato.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…