Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024, rwerekanye agatsiko k’abantu batandatu bakoze ubujura bw’imodoka mu Rwanda bakoresheje uburyo bw’amanyanga.
Ni nyuma y’uko uru Rwego rugiye rwakira ibirego bitandukanye by’ubujura bw’imodoka.
Imodoka enye muzo bafatanywe aba basore zafatiwe mu Turere twa Nyamagabe, Kayonza na Gicumbi, zahise zasubijwe ba nyirazo.
Abafashwe bakurikiranyweho ibyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi, gukora no gukoresha ibyangombwa bihimbano no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
RIB ba nyiri imodoka bari bibye bahise bazisubizwa.
RIB yavuze ko ibijyanye n’ubujura n’andi manyanga yose akorwa bidateze kuzababarirwa na gato.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…