IMYIDAGADURO

Wayne Rooney yinjiye mu kibazo cya P. Diddy

Mu gihe ibibazo bikomeje kwisukiranya bivuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina rirega umuraperi, Sean ‘Diddy’ Combs uzwi nka P. Diddy, hari amashusho yongeye kugaragara yerekanye uwahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru wa Manchester United n’Ubwongereza, Wayne Rooney wasabwe gutanga amadorari ibihumbi 150 yo kurara hamwe mu kirori na Diddy.

Rooney yabashije gutsindira umwanya wo kumarana wikendi yose na Diddy i New York n’uyu mukinnyi wakanyujijeho mu mupira w’amaguru, ni mu birori byo guhatanira umwanya wo gupiganwa warurimo ibyamamare byinshi birimo na David Beckham ubwo imikino y’igikombe cy’Isi muri Gicurasi 2006 yaririmbanyije. 

Muri ibyo birori, Diddy yashimangiye ko azashyira itafari rye ku mupira w’amaguru, yemeza ataka avuga ko Wayne Rooney ‘azaba umuntu udasanzwe’. 

P. Diddy mu ijambo rye yagize ati “Amaze kuza i New York, birashoboka ko twazaba ‘abyara’. Bizaba ari ibirori bidahagarara hamwe n’abagore benshi,”

Yongeyeho ati “Ndagusezeranyije ko….(Ibintu tundikira hano) Ko bizabyuka kuwa gatatu uryamye iruhande rwanjye.”

Kanda hano urebe amashusho: https://x.com/StokeyyG2/status/1841512825941803336?t=pHVWufACM-o-rQcmPF-psA&s=19

Ni amashusho yashyizwe hanze ku mbuga nkoranyambaga atangira agaragaza uyu muraperi uzamuka kuri rubyiniro aho yari yatumiwe kwifatanya na Beckham, wari wateguye ibirori by’ibyamamaye mu nzu ye i Hertfordshire. 

Diddy agira ati: ‘Sinshaka kukubuza amahwemo, ariko ndi mu bihe byo gutanga […] kandi ndashaka guteza cyamunara ikintu.

‘Kuba ntamarana umwanya munini hano, kandi sinzi muby’ukuri, niba utsinze ubona amahitamo yawe umwe cyangwa undi. Guhitamo A ni wikendi iwanjye i Hamptons, abakozi bose, ku mazi, East Hampton, New York bazaba bahari.’ P. Diddy 

Yongeyeho ati: “Umubare wa kabiri ni amasomo ya sitidiyo hamwe nanjye i New York, cyangwa London nzagukorera inyandiko hamwe n’abana bawe. Cyangwa nimero ya gatatu n’ijoro rimwe na Diddy, kuwa gatandatu n’ijoro i New York. Kandi ndagusezeranije, ibyawe (…) bizabyuka ku wa gatatu, uryamye iruhande rwanjye.”

Nyuma yuko ibyamamare byinshi bitandukanye bihisemo A-Urutonde rw’abarimo Sharon Osbourne batangiye gupiganira isoko, Rooney yatsinze yemera gutanga amadorari y’Amerika 150.000, kugirango abashe kuzazana n’inshuti muri ibyo birori.

Nk’uko Diddy yaje kubitangaza ngo umugore wa Rooney Coleen ngo yaje kubuza umugabo we kwitabira iryo joro mu gusohokera i New York ari kumwe na Diddy. 

Diddy yatawe muri yombi mu kwezi gushize ashinjwa gusambanya abari abakozi be mu nzu ye, gusahura, no gutwara abantu akabakoresha uburaya n’ibindi.

Bivugwa ko yakoze ibirori birimo ibiyobyabwenge bitemewe, abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure, ku buryo ntawari wemerewe kugaragaza ibiri kubera aho n’abakora imibonano mpuzabitsina.

Umushinjacyaha Tony Buzbee yavuze ko imanza nyinshi zishinja ibirego bigera ku 120 bizavugwa izina kurindi naba nyiri rugo’ kimwe n’amasosiyete y’abantu ku giti cyabo bari bazwi muri iki Cyumweru kandi bose bafite aho bahuriye n’ibyaha Diddy ashinjwa.

Christian

Recent Posts

Amatariki y’umukino wa APR Fc na Rayon Sports yahinduwe, ntibyakirwa neza

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports…

10 hours ago

Paul Pogba agiye kugaruka mu kibuga nyuma yo kugabanyirizwa ibihano

Umufaransa Paul Pogba wegukanye igikombe cy'Isi 2018, wari warafatiwe ibihano byo kumara imyaka ine adakina…

12 hours ago

REG WBBC yatsinze APR WBBC yegukanye umukino wa mbere muri ‘BetPawa Playoffs’ 2024

Mu mukino utari woroshye ikipe ya REG REG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 68-67 mu…

14 hours ago

Sinzi niba amatora yo muri Amerika azaba ari amahoro – Biden

Ku wa gatanu, tariki ya 4 Ukwakira, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe…

15 hours ago

Sheebah Karungi yagaragaye mu gitaramo akuriwe-Amafoto

Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda…

16 hours ago

Bushali yasogongeje abakunzi be album yise ‘Full Moon’ ishingiye ku buzima yanyuzemo

Kera kabaye umuraperi w'injyana ya KinyaTrap, Bushali yumvishije abakunzi be album yise ‘Full Moon’ yakomeje…

16 hours ago