Ku wa gatanu, tariki ya 4 Ukwakira, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko atizeye ko amatora yo muri Amerika mu Gushyingo azaba amahoro, bitewe n’ibitekerezo byatanzwe n’uhatanira umwanya w’umukuru wo mu ishyaka ryaba Repubulike, Donald Trump.
Ati: “Nzi neza ko bizaba ari bifunguye kandi biboneye kuri buri wese. Sinzi niba bizaba amahoro. ”Biden yabwiye abanyamakuru ubwo yagaragaraga bwa mbere ku mwanya wa perezida mu cyumba cy’inama cya White House.”
Yongeyeho ati: “Ibintu Trump yavuze ndetse n’ibintu yavuze ubushize igihe adakunda ibyavuye mu matora biri mu byateje akaga.”
Trump ari mu bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, aho ahataniye uwo umwanya n’uwo mu ishyaka ryaba Demokarate hamwe na Visi-perezida Kamala Harris.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…