POLITIKE

Sinzi niba amatora yo muri Amerika azaba ari amahoro – Biden

Ku wa gatanu, tariki ya 4 Ukwakira, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko atizeye ko amatora yo muri Amerika mu Gushyingo azaba amahoro, bitewe n’ibitekerezo byatanzwe n’uhatanira umwanya w’umukuru wo mu ishyaka ryaba Repubulike, Donald Trump.

Advertisements

Ati: “Nzi neza ko bizaba ari bifunguye kandi biboneye kuri buri wese. Sinzi niba bizaba amahoro. ”Biden yabwiye abanyamakuru ubwo yagaragaraga bwa mbere ku mwanya wa perezida mu cyumba cy’inama cya White House.”

Yongeyeho ati: “Ibintu Trump yavuze ndetse n’ibintu yavuze ubushize igihe adakunda ibyavuye mu matora biri mu byateje akaga.”

Trump ari mu bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, aho ahataniye uwo umwanya n’uwo mu ishyaka ryaba Demokarate hamwe na Visi-perezida Kamala Harris.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago