POLITIKE

Sinzi niba amatora yo muri Amerika azaba ari amahoro – Biden

Ku wa gatanu, tariki ya 4 Ukwakira, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko atizeye ko amatora yo muri Amerika mu Gushyingo azaba amahoro, bitewe n’ibitekerezo byatanzwe n’uhatanira umwanya w’umukuru wo mu ishyaka ryaba Repubulike, Donald Trump.

Ati: “Nzi neza ko bizaba ari bifunguye kandi biboneye kuri buri wese. Sinzi niba bizaba amahoro. ”Biden yabwiye abanyamakuru ubwo yagaragaraga bwa mbere ku mwanya wa perezida mu cyumba cy’inama cya White House.”

Yongeyeho ati: “Ibintu Trump yavuze ndetse n’ibintu yavuze ubushize igihe adakunda ibyavuye mu matora biri mu byateje akaga.”

Trump ari mu bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, aho ahataniye uwo umwanya n’uwo mu ishyaka ryaba Demokarate hamwe na Visi-perezida Kamala Harris.

Christian

Recent Posts

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

4 hours ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

7 hours ago

Amerika yagabanyije inkunga yahaga Afurika y’Epfo

Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…

23 hours ago

U Burundi bwavuze ko ntaho buhuriye n’igitero cyagabwe i Bukavu

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…

1 day ago

Umutoza Jose Mourinho yahawe ibihano

José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…

1 day ago

Agezweho: Inama yariteraniye i Bukavu haturikiye igisasu, Bisimwa atangaza ababyihishe inyuma

Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…

2 days ago