POLITIKE

Sinzi niba amatora yo muri Amerika azaba ari amahoro – Biden

Ku wa gatanu, tariki ya 4 Ukwakira, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko atizeye ko amatora yo muri Amerika mu Gushyingo azaba amahoro, bitewe n’ibitekerezo byatanzwe n’uhatanira umwanya w’umukuru wo mu ishyaka ryaba Repubulike, Donald Trump.

Ati: “Nzi neza ko bizaba ari bifunguye kandi biboneye kuri buri wese. Sinzi niba bizaba amahoro. ”Biden yabwiye abanyamakuru ubwo yagaragaraga bwa mbere ku mwanya wa perezida mu cyumba cy’inama cya White House.”

Yongeyeho ati: “Ibintu Trump yavuze ndetse n’ibintu yavuze ubushize igihe adakunda ibyavuye mu matora biri mu byateje akaga.”

Trump ari mu bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, aho ahataniye uwo umwanya n’uwo mu ishyaka ryaba Demokarate hamwe na Visi-perezida Kamala Harris.

Christian

Recent Posts

Paul Pogba agiye kugaruka mu kibuga nyuma yo kugabanyirizwa ibihano

Umufaransa Paul Pogba wegukanye igikombe cy'Isi 2018, wari warafatiwe ibihano byo kumara imyaka ine adakina…

9 mins ago

REG WBBC yatsinze APR WBBC yegukanye umukino wa mbere muri ‘BetPawa Playoffs’ 2024

Mu mukino utari woroshye ikipe ya REG REG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 68-67 mu…

2 hours ago

Sheebah Karungi yagaragaye mu gitaramo akuriwe inda nkuru-Amafoto

Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda…

4 hours ago

Bushali yasogongeje abakunzi be album yise ‘Full Moon’ ishingiye ku buzima yanyuzemo

Kera kabaye umuraperi w'injyana ya KinyaTrap, Bushali yumvishije abakunzi be album yise ‘Full Moon’ yakomeje…

4 hours ago

Gen Muhoozi yikomye Ambasaderi wa Amerika muri Uganda wubahutse Se

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n'imfura ya Perezida wa Uganda Yoweri…

1 day ago

P. Diddy yahawe umucamanza mushya washyizweho na Perezida Joe Biden

Kuri uyu wa 03 Ukwakira 2024 nibwo hasohotse itangazo rivuga ko Arun Subramanian ari we…

1 day ago