Nyuma y’uko Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yegujwe na Sena, Umukuru w’iki gihugu yemeje Kithure Kindiki nk’umusimbura we.
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukwakira, nibwo uwari Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yegujwe n’abasenateri bagize Inteko muri icyo gihugu mu matora y’ubwiganze.
Kithure Kindiki yarasanzwe ari Minisitiri w’umutekano.
Gachagua yahamijwe n’ibyaha bitanu muri 11 bamushinje.
Mu kirego cyo kumweguza, Gachagua yashinjwe ibyaha birimo guhonyora itegeko nshinga, ruswa, guhembera amacakubiri, kuvangira Perezida, no gusuzugura guverinoma.
Ni ibirego byose ubusanzwe Rigathi Gachagua w’imyaka 59 yagiye ahakana yivumbuye inyuma.
Uyu mugabo azwiho kuba ari umunyagitugu kubera azwiho kuba ari umukire ukomeye muri iki gihugu cya Kenya.
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…