Nyuma y’uko Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yegujwe na Sena, Umukuru w’iki gihugu yemeje Kithure Kindiki nk’umusimbura we.
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukwakira, nibwo uwari Visi Perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yegujwe n’abasenateri bagize Inteko muri icyo gihugu mu matora y’ubwiganze.
Kithure Kindiki yarasanzwe ari Minisitiri w’umutekano.
Gachagua yahamijwe n’ibyaha bitanu muri 11 bamushinje.
Mu kirego cyo kumweguza, Gachagua yashinjwe ibyaha birimo guhonyora itegeko nshinga, ruswa, guhembera amacakubiri, kuvangira Perezida, no gusuzugura guverinoma.
Ni ibirego byose ubusanzwe Rigathi Gachagua w’imyaka 59 yagiye ahakana yivumbuye inyuma.
Uyu mugabo azwiho kuba ari umunyagitugu kubera azwiho kuba ari umukire ukomeye muri iki gihugu cya Kenya.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…