INKURU ZIDASANZWE

Umugabo agiye kurongora abagore babiri umunsi umwe

Mu gihugu cya Nigeria, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Ovoderie Stephen washyize hanze ubutumire bw’ubukwe bwo gushaka abagore babiri icyarimwe kandi umunsi umwe.

Advertisements

Uyu mugabo wahawe akazina ka Otele utuye mu gace ka Delta mu gihugu cya Nigeria kuri ubu ari mu myiteguro yo gushaka abagore babiri umunsi umwe inkuru ikomeje kuvugisha benshi.

Ni ubukwe buteganyijwe kuba tariki 27 Ukwakira 2024, bukazabera mu Majyepfo ya Isoko mu gace ka Delta.

Nk’uko bigaragara mu butumire, Otele azakorana ubukwe n’uwitwa Iruoghene Friday na Ufuoma Godwin aho bizaba ari ku Cyumweru ahazwi nka Uzere Kingdom.

Imihango ibarinza ubukwe isanzwe ikorwa muri icyo iteganyijwe tariki 25-26 Ukwakira 2024, bigendanye naho umugeni atuye.

Bamwe mu nshuti z’uyu mugabo bagiye ku mbuga nkoranyambaga batangira kumushimira no kugaragaza ku mushyigikira bikomeye ku mwanzuro yafashe.

Amakuru aravuga ko abo bageni bombi bamaze kumvikana ku buryo ntakibazo biteguye kubana n’uyu mugabo wiyemeje kubarongorera umunsi umwe.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago