Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa ku mashuri byasubukuwe, inakomorera imikino ihuza ibigo by’amashuri n’ibindi bikorwa bihuza benshi.
Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda.
Nyuma y’aho iyi minissiteri itangarije ko icyorezo cya Marburg cyatangiye kugenza make kubera ingamba zihuriyeho zo kugikumira, kuri ubu yashyizeho andi mabwiriza avuguruye ibigo by’amashuri bisabwa kubahiriza kugirango guhashya Maburg bigerweho byuzuye.
Ubu noneho gusura abanyeshuri bacumbikiwe ku mashuri ubu birasubukuwe.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…