Ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United bwatangaje ko bwamaze gusinyisha umutoza w’umunya-Portugal Rúben Filipe Marques Amorim.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Ukwakira 2024, nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United bwemeje ko bwamaze kwegukana Ruben Amorim nk’umutoza mukuru w’ikipe y’abagabo.
Hari hamaze iminsi bivugwa ko uyu mutoza yamaze kwegerwa n’ikipe ya Manchester United ikaba yifuza kumwegukana.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iy’ikipe bwavuze Ruben Amorim bwamuhaye amasezerano azamugeza mu mwaka 2027, ariko ashobora kongerwaho undi.
Uyu mutoza w’imyaka 39 y’amavuko azwiho kuba ari umuhanga mu mitoreze, akaba azatangira inshingano zo kuyobora ikipe ya Manchester United kuwa 11 Ukwakira 2024.
Ruben Amorim agizwe umutoza mukuru w’ikipe ya Manchester United nyuma yaho Erik Ten Hag wayitozaga yirukanwe kubera umusaruro mubi yagaragaje mu myaka ibiri yayitoje.
Ruben Amorim yarasanzwe atoza ikipe ya Sporting CP iyoboye shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Portugal.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…