Mu gihe ejo kuwa 05 Ugushyingo 2024 Abanyamerika bazinduye mu matora ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump wigeze kuyobora iki gihugu yamaze kwanikira mu majwi Harris Kamara bahanganye.
Harabura amasaha make gusa ngo Perezida wa 47 wa Leta zunze ubumwe z’Amaerika atangazwe, dore ko twandika iyi nkuru ku isaha ya 9:0 zo mu Rwanda nibura hari hasigaye kumenya amajwi ya Leta 7 gusa muri 50 zigize iki Kiguhu.
Donald Trump niwe uri kuza imbere n’amajwi 248 kuri 214 ya Harris Kamala bahanganye. Imibare igaragaraza ko Donald Trump ari we ushobora kwegukana intsinzi bidasubirwaho kuko Leta zisigaje gutangarizwa amajwi zose ni we uza imbere mu majwi amaze kubararurwa.
Mu gihe Donald Trump yatsinda muri Leta ya Pennsylvania, amahirwe ye yo kwegukana intsinzi nka Perezida wa 47 w’Amerika yaba ari 99%.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…