Uncategorized

Leta ya Pennsylvania niyo ifashe ifirimbi yanyuma hagati ya Trump na Harris

Mu gihe ejo kuwa 05 Ugushyingo 2024 Abanyamerika bazinduye mu matora ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump wigeze kuyobora iki gihugu yamaze kwanikira mu majwi Harris Kamara bahanganye.

Advertisements

Harabura amasaha make gusa ngo Perezida wa 47 wa Leta zunze ubumwe z’Amaerika atangazwe, dore ko twandika iyi nkuru ku isaha ya 9:0 zo mu Rwanda nibura hari hasigaye kumenya amajwi ya Leta 7 gusa muri 50 zigize iki Kiguhu.

Donald Trump niwe uri kuza imbere n’amajwi 248 kuri 214 ya Harris Kamala bahanganye. Imibare igaragaraza ko Donald Trump ari we ushobora kwegukana intsinzi bidasubirwaho kuko Leta zisigaje gutangarizwa amajwi zose ni we uza imbere mu majwi amaze kubararurwa.

Mu gihe Donald Trump yatsinda muri Leta ya Pennsylvania, amahirwe ye yo kwegukana intsinzi nka Perezida wa 47 w’Amerika yaba ari 99%.

Nta mugore n’umwe mu mateka urayobora leta zunze ubumwe y’america

Emmy

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago